skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

WASAC Group yijeje gukosora ibibazo bigaragara mu isaranganya ry’amazi

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura, WASAC Group, cyasobanuye cyijeje abaturage ko kizakosora ibibazo byagaragaye mu isaranganya ry’amazi riba cyane cyane mu mpeshyi.
24 June 2025 Yasuwe: 1233 0

Nyuma yo gupfusha nyina, Chriss Eazy yapfushije nyirakuru

Nyuma y’iminsi mike apfushije nyina, Chriss Eazy yongeye kwakira inkuru mbi y’urupfu rwa nyirakuru ari nawe wakunze kumurera mu bwana bwe.
24 June 2025 Yasuwe: 1343 0

U Rwanda rwamagaye ibitero bya Misile byagabwe kuri Qatar

Guverinoma y’u Rwanda yamagaye ibitero bya misile byagabwe ku butaka bwa Qatar, ishimangira ko bivongera ubusugire n’ubwigenge bw’iki gihugu.
24 June 2025 Yasuwe: 541 0

RDB igiye gushyira ’One Stop Center’ mu buryo bw’ikoranabuhanga

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rwatangaje ko urubuga rutangirwamo serivisi zitandukanye zifitanye isano n’ishoramari n’ubucuruzi (One stop Centre) rugiye gushyirwa mu buryo...
24 June 2025 Yasuwe: 443 0

Amerika: Imijyi irenga ibihumbi 15 izatakaza abaturage mu 2100

Mu myaka 75 iri imbere, imwe mu mijyi yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika izaba itagituwe cyane, ahanini kubera kwimuka kw’abaturage bajya gushakira ubuzima ahandi, iyangirika ry’ibidukikije...
24 June 2025 Yasuwe: 506 0

Abashoferi batwara abagenzi bitabira amahugurwa y’ubunyamwuga baracyari bake

Mu Ugushyingo 2024 ni bwo hatangijwe gahunda yo guhugura abashoferi batwara abagenzi mu buryo rusange, barangiza amahugurwa bagahabwa impamyabushobozi zibemerera gukorera mu Rwanda kinyamwuga.
24 June 2025 Yasuwe: 389 0

Israel na Iran: Buri ruhande rwahaye urundi ibyanyuma rwaruteguriye!

Intambara yari imaze iminsi 12 hagati ya Israel na Iran yahoshejwe no kuba buri ruhande rweye guhagarika kurasa ku rundi, gusa mu masaha ya nyuma Iran yashinjwe kurasa kuri Israel, na Israel yemeye...
24 June 2025 Yasuwe: 975 0

Cameroun: Samuel Eto’o yashinjwe ibyaha bya ruswa

Samuel Eto’o wahoze ari umukinnyi w’ikirangirire w’umupira w’amaguru, ubu akaba ari Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu gihugu cye cya Cameroun (FECAFOOT) yarezwe kuba yaranyereje...
24 June 2025 Yasuwe: 351 0

Iran yakajije umurego mu guhiga intasi za Israel

Urwego rw’Abakorerabushake rushamikiye ku Mutwe wihariye wa Islamic Revolutionary Guard Corps muri Iran, ruri mu bikorwa byo guhiga bukware abo wita intasi za Israel ziri muri icyo gihugu, aho...
24 June 2025 Yasuwe: 649 0

Perezida Kagame yakiriye Obasanjo wayoboye Nigeria

Perezida Paul Kagame yakiriye Olusegun Obasanjo wabaye Perezida wa Nigeria. Baganiriye ku ngingo zitandukanye zirimo izireba akarere ndetse n’ibindi by’ingenzi ku Mugabane wa Afurika no ku Isi muri...
24 June 2025 Yasuwe: 528 0