Mu myaka 75 iri imbere, imwe mu mijyi yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika izaba itagituwe cyane, ahanini kubera kwimuka kw’abaturage bajya gushakira ubuzima ahandi, iyangirika ry’ibidukikije...
Mu Ugushyingo 2024 ni bwo hatangijwe gahunda yo guhugura abashoferi batwara abagenzi mu buryo rusange, barangiza amahugurwa bagahabwa impamyabushobozi zibemerera gukorera mu Rwanda kinyamwuga.
Intambara yari imaze iminsi 12 hagati ya Israel na Iran yahoshejwe no kuba buri ruhande rweye guhagarika kurasa ku rundi, gusa mu masaha ya nyuma Iran yashinjwe kurasa kuri Israel, na Israel yemeye...
Samuel Eto’o wahoze ari umukinnyi w’ikirangirire w’umupira w’amaguru, ubu akaba ari Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu gihugu cye cya Cameroun (FECAFOOT) yarezwe kuba yaranyereje...
Urwego rw’Abakorerabushake rushamikiye ku Mutwe wihariye wa Islamic Revolutionary Guard Corps muri Iran, ruri mu bikorwa byo guhiga bukware abo wita intasi za Israel ziri muri icyo gihugu, aho...
Perezida Paul Kagame yakiriye Olusegun Obasanjo wabaye Perezida wa Nigeria. Baganiriye ku ngingo zitandukanye zirimo izireba akarere ndetse n’ibindi by’ingenzi ku Mugabane wa Afurika no ku Isi muri...