Perezida wa Sena Dr Kalinda Francois Xavier yagaragaje ko buri muyobozi wese akwiye guhangayikishwa n’ibibazo byo mu mutwe abantu bafite, bityo inzitizi zihari zo kutabirwanya zigakurwaho.
MUHANGA: Ishimwe Jean Paul n’Umubyeyi we barashinja abasore babiri bo mu Karere ka Muhanga gukebesha urwembe mugenzi wabo bagakomeretsa bikomeye ijosi rye.
Urukiko rw’Ikirenga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwemereye Guverinoma ya Donald Trump kohereza abimukira mu bihugu bataturutsemo, aho aba mbere bagiye koherezwa muri Libya na Sudani y’Epfo,...
Leta ya Zambia yasabye urukiko rukuru rwa Pretoria muri Afurika y’Epfo guhagarika umuhango wo gushyingura Dr. Edgar Lungu Chagwa witabye Imana tariki ya 5 Kamena 2025.
Myugariro Ombolenga Fitina wasubiye muri APR FC yigeze kubera kapiteni, yavuze ko igihe yazajya mu yindi kipe, bigoye ko yazasubira muri Rayon Sports kubera ibihe bibi avuga ko yayigiriyemo.
Joseph Kabila Kabange wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yagaragarije Felix Tshisekedi wamusimbuye, ko asigaranye amahitamo atatu, arimo kwegura ibintu bitaramubana bibi...