Guhera ku italiki ya 29 Kamena kugeza ku ya 3 Nyakanga 2025, u Rwanda ruzakira itsinda ry’ingabo zizaturuka mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), bazaza mu bikorwa...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko inyandiko izashyirwaho umukono kuri uyu wa Gatanu, ari amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika...
Umujyi wa Kigali watangaje ko urubyiruko rugera kuri 700 rwabonye akazi umwaka ushize wa 2024, binyuze mu rubuga ruhuza abatanga imirimo n’abayikeneye ‘Kigali JobNet’.