Ubushakashatsi bw’Ikigo Socis Research Group bwagaragaje ko mu gihe Perezida Volodymyr Zelensky yahatana na Valery Zaluzhny wahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Ukraine mu matora ya Perezida wa...
Byahishuwe ko Iran yigeze kugera hafi yo kwivugana Mike Pompeo wahoze ari Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ububanyi n’Amahanga muri manda ya mbere Perezida Donald Trump mu 2022.
Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa n’abandi banyapolitiki hirya no hino ku Isi, bashimye amasezerano y’amahoro u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byagiranye ku wa 27 Kamena...
Abatuye mu Murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu, baravuga ko hari abaremye itsinda ryiyise ‘Abanjongo’ baturuka mu Murenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro, bakirara mu mirima yabo bacukura amabuye...