skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Uganda: Umunyarwanda afunzwe akekwaho kwiba imbunda

Umunyarwanda witwa Manizabayo Dieudonné, afungiye i Kabale muri Uganda akekwaho kwiba imbunda umurinzi wa kimwe mu bigo bicunga umutekano byigenga.
28 June 2025 Yasuwe: 1706 0

Hagaragajwe ko Zelensky yatsindwa amatora mu gihe yakorwa vuba

Ubushakashatsi bw’Ikigo Socis Research Group bwagaragaje ko mu gihe Perezida Volodymyr Zelensky yahatana na Valery Zaluzhny wahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Ukraine mu matora ya Perezida wa...
28 June 2025 Yasuwe: 486 0

Impungenge kuri cocaine ikomeje kuganwa na benshi ku Isi

Ubushakashatsi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rigamije gukumira ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge no kurwanya ibyaha (UNODC) bugaragaza ko umubare w’abakoresha ikiyobyabwenge cya cocaine ukomeje...
28 June 2025 Yasuwe: 604 0

Iran yari yivuganye uwahoze ari Umunyamabanga wa Amerika

Byahishuwe ko Iran yigeze kugera hafi yo kwivugana Mike Pompeo wahoze ari Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ububanyi n’Amahanga muri manda ya mbere Perezida Donald Trump mu 2022.
28 June 2025 Yasuwe: 1335 0

Ni inkuru nziza ku karere- Uko Macron, Zelensky n’abandi bakiriye amasezerano y’u Rwanda na RDC

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa n’abandi banyapolitiki hirya no hino ku Isi, bashimye amasezerano y’amahoro u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byagiranye ku wa 27 Kamena...
28 June 2025 Yasuwe: 837 0

Utubari n’utubyiniro byongeye gushyirirwaho amasaha ntarengwa yo gukora

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda ndetse n’Umujyi wa Kigali, bashyizeho amabwiriza mashya areba abantu n’ibigo bitanga serivisi zigendanye no kwakira abantu.
28 June 2025 Yasuwe: 5916 0

Iburengerazuba: Haravugwa abaremye itsinda riva mu Karere kamwe rikajya mu kandi kubangamira abahatuye

Abatuye mu Murenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu, baravuga ko hari abaremye itsinda ryiyise ‘Abanjongo’ baturuka mu Murenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro, bakirara mu mirima yabo bacukura amabuye...
28 June 2025 Yasuwe: 785 0

Iby’ingenzi mu masezerano y’amahoro u Rwanda na Congo basinyiye muri America

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zibifashijwemo n’iya Leta Zunze Ubumwe za America, zasinye amasezerano y’amahoro arimo ingingo zigamije kuzana amahoro mu...
28 June 2025 Yasuwe: 1278 0

Gakenke: Inzu y’ababyeyi ya Rutake yarinze ababyeyi kubyarira mu nzira no mu ngo

Ababyeyi bamaze gusezera ku ngendo ndende bakoraga bajya kubyarira kwa muganga, nyuma y’uko ku kigo nderabuzima cya Rutake hubatswe inzu y’ababyeyi ifasha abategereje kwibaruka, binabarinda...
28 June 2025 Yasuwe: 484 0

Lubero: Abasirikare 45 bakurikiranyweho ibyaha birimo gusambanya abana

Urukiko rwa gisirikare rwa Butembo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ruri kuburanisha abantu 92 barimo abasirikare 45 ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bashinjwa ibyaha birimo gufata abana...
28 June 2025 Yasuwe: 295 0