Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko ashobora guhura na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, ariko ibyo bikazabaho gusa mu gihe impande zombi zatera intambwe mu biganiro...
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku wa 7 Kanama 2025 yashyizeho Guverinoma ivuguruye iyobowe na Judith Suminwa Tuluka wari usanzwe ku mwanya wa Minisitiri...
Umurambo wa Musangwamfura, warohamye mu kiyaga cya Ruhondo ubwo yari mu gikorwa cyo kuroba, wabonywe nyuma y’iminsi icyenda utaruburuka, bitera agahinda n’amarira abatuye mu Murenge wa Gashaki mu...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko kuri uyu mugoroba wo ku wa Mbere tariki 30 Kamena 2025, Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yakiriye Ali Mahaman Lamine Zeine, Minisitiri w’Intebe wa...
Abatuye mu Kagali ka Nkondo mu Murenge wa Rwinkwavu mu Karere ka Kayonza bifuza ko bafashwa kubona amazi, kuko kutayabona bibangamira indi mirimo n’ibikorwa byabateza imbere.
Inama y’Ubutegetsi ya Banki y’Isi yemeje miliyoni 100$ (arenga miliyari 144 Frw) azafasha mu kunoza ubwikorezi mu Mujyi wa Kigali binyuze mu mushinga uzwi nka ‘Rwanda Urban Mobility Improvement:...