skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Trump yagize icyo avuga ku mikorere ya Leta ya Kongo

Perezida Donald Trump yakoze mu jisho Abanyekongo atangaza ko atazi icyo Congo ari cyo usibye kuba yumva ko abantu benshi bahava binjira muri Leta Zunze Ubumwe za...
23 April 2025 Yasuwe: 1427 0

Kiliziya y’u Rwanda yatangije icyunamo cy’urupfu rwa Papa Francis

Nyuma yaho Papa Francis wari umushumba wa Kiliziya Gatolika yitabye Imana ku wa 21 Mata 2025 afite imyaka 88, Kiliziya y’u Rwanda yatangije icyunamo cyo...
22 April 2025 Yasuwe: 376 0

Amerika: Indege irimo abagenzi yafashwe n’inkongi y’umuriro

Indege ya Sosiyete yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Delta Air Lines, yafashwe n’inkongi y’umuriro, ariko ku bw’amahirwe ntihagira umugenzi uhasiga ubuzima.
22 April 2025 Yasuwe: 237 0

U Bushinwa bwasabye ibindi bihugu kutemera amasezerano y’ubucuruzi na Amerika

Leta y’u Bushinwa yaburiye ibihugu byinshi ibisaba kutagirana ibiganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho bivugwa ko Donald Trump ateganya gushyira igitutu ku bihugu kugira ngo bihagarike...
22 April 2025 Yasuwe: 204 0

INAMA Y’UMUTEKANO(EP14): Abagore batera ibibazo cyangwa bakirukanisha Abayobozi!

Ko atari ubwa mbere biteje ibibazo, kuki inshuro byagiye biba mbere bitasize isomo?
21 April 2025 Yasuwe: 4125 0

Hagiye gufungurwa inzira z’ubufatanye mu bibyara inyungu - Minisitiri Nduhungirehe uri muri Pakistan

Minisiteri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yavuze ko uruzinduko arimo muri Pakistan rugaragaza intambwe ikomeye mu gushimangira umubano mu bya...
21 April 2025 Yasuwe: 276 0

Ntituzigera na rimwe twemera guterwa ubwoba n’ubutegetsi bwa Tshisekedi

Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka rya Joseph Kabila rya ‘Parti du Peuple pour la Reconstruction et la Démocratie:PPRD’, Ferdinand Kambere yavuze ko uko byagenda kose batazigera na rimwe baterwa ubwoba...
21 April 2025 Yasuwe: 791 0

Benin: Umutwe ufitanye isano na Al Qaeda urigamba kwica abasirikare 70

Kuri uyu wa Gatandatu ushize, umutwe wa JNIM ukorana na Al Qaeda wavuze ko wahitanye abasirikare 70 mu bitero byagabwe ku birindiro bibiri bya gisirikare mu majyaruguru ya...
21 April 2025 Yasuwe: 269 0

Abasirikare 12 b’u Burundi barohamye muri Tanganyika

Abasirikare 12 bo mu ngabo z’u Burundi, mu mpera z’icyumweru gishize barohamye mu kiyaga cya Tanganyika nyuma yo gukora impanuka y’ubwato.
21 April 2025 Yasuwe: 636 0

Goma: Umuhanzi Bwiza yatunguwe n’ibyo M23 yahakoze

Umuhanzikazi w’Umunyarwandakazi, Bwiza Emerance uri mu bahanzi bakunzwe cyane muri iki gihe, yagaragaje ko yatunguwe n’umutekano n’isuku yasanze mu Mujyi wa Goma, Umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu...
21 April 2025 Yasuwe: 593 0
0 | ... | 560 | 570 | 580 | 590 | 600 | 610 | 620 | 630 | 640 | ... | 2880