Bimaze kumenyerwa ko abahize abandi mu bizamini bya Leta bisoza icyiciro runaka, bahembwa na Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) mu rwego rwo kubashimira no gutuma bongera umuhate.
Mu bihe bitandukanye mu itangazamakuru ryo mu Rwanda hagiye humvikana ikibazo cy’urugomo rukorwa n’urubyiruko rw’abanyamahanga baba mu Rwanda, aho banga kwishyura serivisi bahawe ahubwo bagahitamo...
Intara y’Iburasirazuba ni yo yahize izindi mu gutsindisha neza mu banyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’ayisumbuye ,mu mwaka w’amashuri wa 2024/2025.
Abaturage bo mu Kagari ka Rukaragata, Umurenge wa Mushishiro mu Karere ka Muhanga, barabyinira ku rukoma nyuma yo kugezwaho amashanyarazi bavuga ko yabakijije gucana agatadowa n’umuruhi wo gusekura...