Indege ya Sosiyete yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Delta Air Lines, yafashwe n’inkongi y’umuriro, ariko ku bw’amahirwe ntihagira umugenzi uhasiga ubuzima.
Leta y’u Bushinwa yaburiye ibihugu byinshi ibisaba kutagirana ibiganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho bivugwa ko Donald Trump ateganya gushyira igitutu ku bihugu kugira ngo bihagarike...
Minisiteri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yavuze ko uruzinduko arimo muri Pakistan rugaragaza intambwe ikomeye mu gushimangira umubano mu bya...
Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka rya Joseph Kabila rya ‘Parti du Peuple pour la Reconstruction et la Démocratie:PPRD’, Ferdinand Kambere yavuze ko uko byagenda kose batazigera na rimwe baterwa ubwoba...
Kuri uyu wa Gatandatu ushize, umutwe wa JNIM ukorana na Al Qaeda wavuze ko wahitanye abasirikare 70 mu bitero byagabwe ku birindiro bibiri bya gisirikare mu majyaruguru ya...
Umuhanzikazi w’Umunyarwandakazi, Bwiza Emerance uri mu bahanzi bakunzwe cyane muri iki gihe, yagaragaje ko yatunguwe n’umutekano n’isuku yasanze mu Mujyi wa Goma, Umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu...
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya yatangaje ko ingabo za Ukraine zanze kubahiriza amasezerano y’agahenge ka Pasika, zikarasa ibisasu bya HIMARS byakozwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...