Umuyobozi w’umutwe witwaje intwaro wa Hezbollah, Naim Qassem, yashinje Liban gushaka kwiyegurira Israel na Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’aho ubutegetsi bw’iki gihugu bugaragaje ko buzasenya...
Imikino ya APR FC na Pyramids yo mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League yigijwe inyuma, umukino ubanza ushyirwa tariki ya 28 Nzeri, uwo kwishyura ushyirwa tariki ya 4 Ukwakira 2025.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yohereje ingabo 800 mu Murwa Mukuru w’iki gihugu, Washington D.C, mu rwego gusubiza ibintu ku murongo, nyuma y’imisi mike agaragaje ko ibyaha...