Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Karoline Leavitt, yatangaje ko Donald Trump ashobora kugirira uruzinduko mu Burusiya mu gihe kiri imbere.
Nyuma y’uko u Bufaransa buherutse gutangaza ko mu Nteko Rusange ya Loni iteganyijwe kubera i New York muri Nzeri 2025, buzatangaza ko bushyigikiye umugambi wo kwigenga kwa Palestine, Australia na...
Crystal Palace yatsinzwe ikirego yari yagejeje mu Rukiko Mpuzamahanga rw’Ubujurire mu Mikino (CAS), nyuma y’uko UEFA iyikuye muri Europa League ikayohereza muri Conference League, ku mpamvu z’uko...
Mu Mudugudu wa Karema, Akagari ka Kavumu, Umurenge wa Busogo, Akarere ka Musanze haravugwa urupfu rw’umugabo witwa Niyonzima Joseph w’imyaka 57, wasanzwe yapfuye ari mu ishyamba.
Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali yatangaje ko yataye muri yombi abagabo 10 bo mu Karere ka Nyarugenge bakekwaho gutobora inzu no kwiba ibikoresho byo mu ngo.
Perezida Donald Trump yasabye ko Umuyobozi Mukuru wa Sosiyete ikora ‘chips’ za mudasobwa ya Intel, Lip-Bu Tan, yegura kubera impungenge zishingiye ku bivugwa ko yaba afitanye umubano wihariye n’u...