Iran yasabye Umuryango w’Abibumbye kwemera ko Israel na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aribyo nyirabayazana mu ntambara yamaze iminsi 12, ndetse bigahatirizwa gutanga impozamarira.
Umunyemari Elon Musk yongeye kwibasira Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, amushinja politike izarushaho kuganisha igihugu mu myenda n’ubushomeri.
Abagore bo mu Karere ka Rusizi bakora uburaya bavuga ko umuco wo gukoresha agakingirizo uri kugenda ucika bakabishingira ku bwiyongere bw’abagabo bongera amafaranga ngo abakora uburaya babemere...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko bitemewe ko umuntu atangira kubaka ngo asubikire inyubako hagati, ko abafite izo nzu bari kuganirizwa ku buryo nibatabyubahiriza mu mezi abiri gusa...
Ikigo Meta gifite urubuga nkoranyambaga rwa Facebook, WhatsApp na Instagram kiri mu biganiro n’ibigo byo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bitanga inguzanyo kugira ngo bikigurize miliyari 29...