skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Ukraine yashinje u Burusiya igitero cyaguyemo abarenga 30

Inzego z’Ubuyobozi muri Ukraine zatangaje ko abantu 32 baguye mu gitero cyagabwe n’u Burusiya, abandi 84 barimo abana 10 barakomereka.
13 April 2025 Yasuwe: 357 0

Ishyaka Chadema ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania ryakumiriwe mu matora ya Perezida

Komisiyo y’Amatora muri Tanzania, yatangaje ko yahagaritse Chadema, ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi, kuzitabira amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite ateganyijwe mu Ukwakira...
13 April 2025 Yasuwe: 328 0

Yanagurishije inzu ya Leta yari i Paris: Ubundi bujura bwa Ndagijimana wari Umudipolomate w’u Rwanda

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean-Damascène Bizimana, yavuze ko Ndagijimana Jean Marie Vianney wiyita umunyapolitiki uharanira uburenganzira bwa muntu, yibye...
13 April 2025 Yasuwe: 816 0

Ngoma: Abantu 11 batawe muri yombi bakekwaho kwica umwana w’imyaka 15 nyuma yo kumusambanya

Abo bantu 11 bari hagati y’imyaka 14 na 39, bose barakekwaho kwica umwana w’imyaka 15 nyuma yo kumusambanyiriza aho yari yagiye kwahira ubwatsi bw’amatungo.
13 April 2025 Yasuwe: 701 0

Igitero cy’indege cya Israel cyasenye igice cy’ibitaro bya nyuma bigikora muri Gaza

Igitero cy’indege cya Israel cyasenye igice cy’Ibitaro by’Ababatista bya Al-Ahli, ari nabyo bisigaye bikora mu Karere ka Gaza.
13 April 2025 Yasuwe: 271 0

#Kwibuka31: Abanyapolitiki 21 bishwe bazizwa kurwanya umugambi wa Jenoside yakorewe Abatutsi

Ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Rebero, hari gusorezwa Icyumweru cy’Icyunamo, hazirikanwa abanyapolitiki bishwe bazizwa kurwanya umugambi wa Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu...
13 April 2025 Yasuwe: 285 0

Amategeko icyenda areba abarera abangavu

Abana b’abakobwa kuva ku myaka 13 na 15 kugeza kuri 23, biragora kubaha uburere kubera imyitwarire bagaragaza, ariko hari amategeko adakwiye kwirengagizwa mu kubarera neza, harebwa ku nyungu...
13 April 2025 Yasuwe: 458 0

Amerika yongereye igihe cy’ibihano yafatiye u Burusiya

Perezida Donald Trump yongereye umwaka ku gihe cy’ibihano Amerika yafatiye u Burusiya, kuko asanga bukomeje kuba ikibazo ku mutekano w’igihugu
13 April 2025 Yasuwe: 325 0

M23 yashinje ingabo za SADC kugaba ibitero i Goma, izisaba guhita zitaha

Umutwe wa M23 wasabye ingabo za SADC ziri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuhava by’ako kanya, nyuma yo guzishinja kugira uruhare mu bitero biri kugabwa ku mujyi wa...
13 April 2025 Yasuwe: 2112 0

Wazalendo yigambye igitero cya Goma, FARDC iryumaho

Mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ituze ryongeye kugaruka i Goma ku wa Gatandatu, itariki 12 Mata, nyuma y’ijoro ryabanje ryumvikanyemo urusaku rwinshi...
13 April 2025 Yasuwe: 995 0
0 | ... | 620 | 630 | 640 | 650 | 660 | 670 | 680 | 690 | 700 | ... | 2900