Guverinoma ya Qatar yatangaje ko yashimye amasezerano u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi byagiranye, agena amahame y’ibanze mu gukemura mu buryo burambye ikibazo cy’umutekano muke mu...
Rutahizamu Jamie Vardy muri Leicester City, yatangaje ko atazakomezanya na yo nyuma y’uyu mwaka w’imikino wa 2024/25. Uyu mukinnyi w’imyaka 38, yari amaze imyaka 13 muri iyi...
Umukobwa w’imyaka 22 wo mu Murenge wa Bushekeli mu karere ka Nyamasheke yasanzwe ku nkombe z’umugezi wa Kamiranzovu yapfuye, hakekwa ko yiyahuye kubera ko nyina yamwitaga mukeba...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga mu Burusiya, Sergey Lavrov, yatangaje igihugu cye na Amerika bigeze kure ibiganiro byo guhagarika intambara muri Ukraine ndetse ko kugeza ubu ibintu biri mu nzira...
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hafi kimwe cya kabiri cy’ingimbi n’abangavu bavuga ko imbuga nkoranyambaga zigira ingaruka mbi ku buzima bwabo bwo mu...
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ryatangiye kubakisha umuhanda mushya uhuza santere ya Masisi n’umujyi wa Sake mu ntara ya Kivu...
Polisi ya Kenya iherutse gukora umukwabu mu nyubako yakira ba mukerarugendo ya Jane Guesthouse iherereye mu karere ka Naivasha, mu marembo ya Pariki ya Hell’s Gate nyuma yo kumenya ko hari ba...