skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa

Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyasha abantu bose ko hatazangizwa ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa iherereye mu karere ka GATSIBO. Soma itangazo rirambuye…
22 August 2025 Yasuwe: 473 0

Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere 2025/2026 izatangira muri Nzeri 2025

Kuri uyu wa Kane, ubuyobozi bwa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda bwatangaje ko iya 2025-2026 izatangira tariki 12 Nzeri 2025.
21 August 2025 Yasuwe: 361 0

Abanyamusanze biteze inyungu ku muhango wo Kwita Izina abana b’ingagi

Abaturage, abikorera ndetse n’abafatanyabikorwa batandukanye bavuga ko biteze kungukira cyane mu munsi udasanzwe w’ubukerarugendo, ubwo hazaba umunsi wo Kwita Izina abana b’ingagi.
21 August 2025 Yasuwe: 223 0

AFC/M23 yamaganye raporo ya HRW iyishinja kwica abantu 140

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ryamaganye raporo yashyizwe ahagaragara n’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu (Human Rights Watch...
21 August 2025 Yasuwe: 301 0

Zelensky yasabye Amerika kuzahana Putin niyanga ibiganiro

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuzakora igikorwa gikomeye mu gihe Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yakwanga guhura na we mu biganiro.
21 August 2025 Yasuwe: 308 0

U Bubiligi bwiyemeje guheka RDC kugeza ijwi ryayo ryumvikanye i Burayi

Guverinoma y’u Bubiligi yiyemeje guheka iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kugeza ijwi ry’ibyifuzo byayo ku ntambara yo mu burasirazuba ryumvikanye mu muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU).
21 August 2025 Yasuwe: 1417 0

Abatuye Gaza bakomeje guhunga ku bwinshi nyuma yuko Israel yatangije ikimeze nk’imperuka yabo!

Abaturage b’abanya-Palestine batuye muri Gaza barimo guhunga urusaku rw’ibisasu bikomeye nyuma y’uko ingabo za Israel zitangiye icyiciro cya mbere cy’igitero karundura cyo ku butaka cyari kimaze...
21 August 2025 Yasuwe: 610 0

Umuraperi wo muri Irelande wazungurije ibendera rya Hezibollah ku rubyiniro yitabye urukiko !

Umuraperi wo muri Ireland yitabye urukiko rwa Westminster i Londres azira kuzunguzira ku rubyiniro ibendera ry’umutwe w’iterabwoba ubwo yari mu gitaramo yakoreye mu mwaka ushize.
21 August 2025 Yasuwe: 238 0

U Buhinde: Imvura idasanzwe yahagaritse ingendo z’indege na gari ya moshi

Imvura nyinshi yaguye mu Mujyi wa Mumbai mu Buhinde yahagaritse ingendo z’indege na gari ya moshi, mu gihe ibikorwa byo gushaka ababuriwe irengero bikomeje.
20 August 2025 Yasuwe: 280 0

Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa

Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyasha abantu bose ko hatazangizwa ipiganwa muri cyamunara y’umutungo utimukanwa iherereye mu karere ka Bugesera. Soma itangazo rirambuye…
20 August 2025 Yasuwe: 584 0