Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yasabye Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuzakora igikorwa gikomeye mu gihe Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yakwanga guhura na we mu biganiro.
Umuraperi wo muri Ireland yitabye urukiko rwa Westminster i Londres azira kuzunguzira ku rubyiniro ibendera ry’umutwe w’iterabwoba ubwo yari mu gitaramo yakoreye mu mwaka ushize.
Imvura nyinshi yaguye mu Mujyi wa Mumbai mu Buhinde yahagaritse ingendo z’indege na gari ya moshi, mu gihe ibikorwa byo gushaka ababuriwe irengero bikomeje.