skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Abakinnyi 2 ba APR FC bahamagawe muri ‘Uganda Cranes’

Ronald Ssekiganda na Denis Omedi bakinira APR FC, bahamagawe mu Ikipe y’Igihugu ya Uganda yitegura imikino y’umunsi wa karindwi yo mu Itsinda G mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026,...
27 August 2025 Yasuwe: 322 0

Amerika yihaye igihe cyo kurangiza intambara muri Ukraine

Intumwa yihariye ya Perezida Donald Trump mu Burasirazuba bwo hagati no mu biganiro by’amahoro, Steve Witkoff, yatangaje ko bitarenze impera za 2025 intambara ihanganishije u Burusiya na Ukraine...
27 August 2025 Yasuwe: 365 0

Abasirikare bashinjwa gushaka gukura Tshisekedi ku butegetsi basabiwe gufungwa imyaka 15

Ubushinjacyaha bw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasabye urukiko rukuru gukatira igifungo cy’imyaka 15 abasirikare bashinjwa umugambi wo gukura Perezida Félix Tshisekedi...
27 August 2025 Yasuwe: 213 0

Rurageretse hagati ya Macron na Minisitiri w’Intebe Wungirije w’u Butaliyani

Minisitiri w’Intebe Wungirije w’u Butaliyani, Matteo Salvini, yavuze ko 80% by’abaturage b’u Bufaransa bifuza ko Perezida Emmanuel Macron, yava ku butegetsi.
27 August 2025 Yasuwe: 206 0

Iran yarahiriye guhambiriza Ambasaderi wa Australia

Iran yasezeranyije Australia gufata ingamba nk’izo yafashe igahambiriza Ambasaderi wayo muri icyo gihugu, nyuma yuko Amb. Ahmad Sadeghi yirukanywe i Canberra, igihugu cye gishinjwa kwihisha inyuma...
27 August 2025 Yasuwe: 182 0

Amb. Nduhungirehe yitabiriye Inama mpuzamahanga ya Afurika na Singapore

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Nduhungirehe Olivier Jean Patrick, ari muri Singapore aho yitabiriye inama ya gatanu yitwa Singapore-Africa Ministerial Exchange Visit (SAMEV).
26 August 2025 Yasuwe: 224 0

Ingabo za Nigeria zabohoye abantu 76 bari barashimuswe

Ingabo za Nigeria zarokoye abantu 76 bari barashimuswe n’amabandi mu Majyaruguru ashyira u Burengerazuba, mu Ntara ya Katsina, nubwo umwana umwe yapfiriye mu bikorwa byo kubarokora.
26 August 2025 Yasuwe: 265 0

Abarimo CSP Hillary Sengabo, Rugaju Raegan, Ricard na Mucyo Antha barekuwe by’agateganyo

Urukiko rwa Gisirikare rwa Nyamirambo rwategetse ko abasivili n’abakozi ba RCS bakurikiranyweho ibyaha birimo ubufatanyacyaha mu gukoresha umutungo wa Leta icyo utagenewe barekurwa by’agateganyo.
26 August 2025 Yasuwe: 826 0

Israel: Bari mu myigaragambyo isaba Leta kumvikana na Hamas

Abanyamuryango b’ihuriro ‘Hostages and Missing Families Forum’ babyukiye mu myigaragambyo isaba ubutegetsi bwa Israel gushyira imbaraga mu biganiro bigamije gusaba umutwe witwaje intwaro wa Hamas...
26 August 2025 Yasuwe: 360 0

Botswana yugarijwe n’ibura ry’imiti

Perezida wa Botswana, Duma Boko, yatangaje ko igihugu kiri mu bihe bidasanzwe kubera ibura ry’imiti n’ibikoresho byo kwa muganga, bikiyongeraho ubukungu bw’igihugu butifashe neza.
26 August 2025 Yasuwe: 200 0