Nkundumukiza Fiston utuye mu Karere ka Ngoma ari gushakishwa n’inzego z’umutekano nyuma yo gusanga iwe mu rugo yarahafungiye undi muturage wari usanzwe amurimo ibihumbi 570 Frw, akamubwira ko...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Israel, Eyal Zamir, yateguje ko muri iki cyumweru ibihumbi by’Inkeragutabara bizoherezwa ku rugamba mu ntara ya Gaza muri Palestine mu rwego rwo kongera ibice...
Bayern Munich yegukanye Igikombe cya Shampiyona y’u Budage ku nshuro ya 33, bituma rutahizamu wayo Harry Kane akuraho amateka mabi yari afite yo kuba ataregukana igikombe na...
Abarwanyi bar AFC/M23 bigaruriye umujyi wa Lunyasenge muri Gurupoma ya Musindi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru nk’uko byatangajwe na FARDC kuri iki Cyumweru.
Polisi ya Kenya iri guhata ibibazo abantu batatu nyuma y’ibyabaye aho umugabo yateye urukweto Perezida William Ruto mu Kuria y’Uburengerazuba, mu Ntara ya...
Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko iri mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) bigamije kwakira abimukira bahungira muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije...