Umugabo witwaga Niyibizi Albert, uri mu kigero cy’imyaka iri hejuru ya 30 y’amavuko yapfiriye mu mwobo w’uburebure bwa metero 12 yacukuraga wari kuzaba ubwiherero.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Kanama 2025, Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR), Filippo Grandi, yasuye Inkambi y’Agateganyo ya Nkamira mu...
Mu gihe hari abagitaka ko igiciciro cyo kohererezanya amafaranga hifashishijwe ikoranabuhanga rya telefone kikiri hejuru, Banki Nkuru y’u Rwanda iratangaza ko bidashobora gukorerwa ubuntu, ariko...
Raporo yasohowe n’itsinda ry’abashakashatsi The Sentry yagaragaje ko mu ngabo za Mali hakomeje kugaragara umwuka w’amakimbirane n’ukutumvikana bijyanye n’imyitwarire y’abacanshuro b’Abarusiya...
Lisa Cook uri mu bagize Inama y’Ubutegetsi ya Banki Nkuru ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yajyanye mu nkiko Perezida Donald Trump, amushinja kumwirukana binyuranyije n’amategeko.
Hashingiwe ku masezerano y’amahoro yashyizweho umukono tariki ya 29 Kamena 2025, abahagarariye u Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakomeje ibiganiro...