Abakinnyi ba FC Barcelone ntibishimiye ibyemezo by’umusifuzi w’Umunya-Pologne, Szymon Marciniak, nyuma yo gusezererwa na Inter Milan muri ½ cya Champions League, basaba UEFA gukora iperereza mu gihe...
Impunzi z’Abanye-Congo ziri mu nkambi y’i Musenyi mu Ntara ya Rutana iherereye mu majyapfo ashyira uburasirazuba bw’u Burundi, zakoze imyigaragambyo yo kwamagana abakomeje kunyereza inkunga...
Abanyagihugu benshi bo mu Burundi bamaze iminsi baraheze ku mupaka wa Kobero, mu Ntara ya Muyinga (mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’u Burundi), hagati y’u Burundi na Tanzaniya, nyuma yo kwamburwa...
Ku wa Kabiri, itariki ya 6 Gicurasi, Sudani yahagaritse umubano w’ububanyi n’amahanga na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, nyuma yo gushinja UAE kuba yarahaye ingabo za Rapid Support Forces indege...