skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Inama zigirwa abanyeshuri batsinzwe ibizamini bya Leta bisoza ayisumbuye mu Rwanda

Minisitiri w’Uburezi aragira inama abanyeshuri batabashije gutsinda ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye, kujya gusibira, kandi bagatangirana n’abandi kuko imyanya ihari mu mashuri.
2 September 2025 Yasuwe: 492 0

Amerika yahagaritse guha visa abafite pasiporo za Palestine bose

Leta ya Amerika yategetse abadipolomate bayo bose kudaha visa abantu bose bafite pasiporo za Palestine, uretse abimukira bonyine.
2 September 2025 Yasuwe: 105 0

Hatangajwe umubare w’imanza zaciwe nk’Inkiko z’u Rwanda n’izakemuwe hakoreshejwe ubuhuza n’ubwumvikane

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga akaba na Perezida w’Inama Nkuru y’Ubucamanza, yagaragaje ku mu mwaka w’Ubucamanza wa 2024-2025, imanza zirenga ibihumbi 15 zaciwe binyuze mu nzira y’ubuhuza...
1 September 2025 Yasuwe: 197 0

AFC/M23 yongeye kwihanangiriza Ubutegetsi bwa Congo iha integuza FARDC, FDLR n’abacancuro

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryamaze kwita ubw’iterabwoba, riravuga ko nyuma yuko ababurwanirira bagizwe n’abarimo FARDC, FDLR n’ingabo z’u...
1 September 2025 Yasuwe: 1210 0

Tshisekedi yaciye amarenga ko iby’abahuza atazabyemera

Perezida Félix Tshisekedi yeruye ko nta buhuza bw’amahanga Abanye-Congo bakeneye, ahamya ko atiteguye kwicarana n’abeguye intwaro, ko ari we ufite urufunguzo rwo kurangiza amakimbirane nk’umugenga...
1 September 2025 Yasuwe: 450 0

Hatangijwe umwaka w’amashuri mu bice bigenzurwa na AFC/M23

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 1 Nzeri 2025, abanyeshuri bose bo mu bice bigenzurwa n’ihuriro rya AFC/M23 batangiye umwaka w’amashuri wa 2025-2026.
1 September 2025 Yasuwe: 535 0

Afghanistan: Umutingito wahitanye 600 ukomeretsa abarenga 1500

Umutingito wari ku kigero cya 6 wibasiye Afghanistan mu ijoro ryacyeye ryo ku wa 31 Kanama uhitana abarenga 600 mu burasirazuba bw’icyo gihugu ndetse ukomeretsa abarenga 1500, mu gihe ibikorwa...
1 September 2025 Yasuwe: 197 0

Ubushinwa Xi burahamagarira abayobozi bo mu karere kurwanya ’imitekerereze y’ubutita’ mu nama

Umuyobozi w’Ubushinwa yemeye inkunga ingana na miliyoni 280 z’amadolari y’abanyamuryango b’umuryango w’ubufatanye bwa Shanghai mu nama yabereye i Tianjin.
1 September 2025 Yasuwe: 427 0

Putin ashinja Uburengerazuba intambara ya Ukraine mu nama ya SCO iyobowe n’Ubushinwa

Perezida w’Uburusiya arengera ubukangurambaga bwa gisirikare muri Ukraine, ashinja politiki ya NATO n’iburengerazuba.
1 September 2025 Yasuwe: 223 0

Twirinde ko irari rigoreka ukuri- Madamu Jeannette Kagame

Madamu Jeannette Kagame yasabye abasore n’inkumi kwirinda ibishashagirana mu gihe bitegura gushinga ingo, bakamenya ko kubaka urugo ari ingenzi aho gushyira ubushobozi bwose mu gutegura ubukwe,...
1 September 2025 Yasuwe: 128 0