Umukecuru wo mu Murenge wa Muganza mu Karere ka Rusizi, uherutse gukubitwa n’abaturage mu nama bamushinja kuroga, aravuga ko nta mutekano afite mu gihe bamwe mu bamukubise bavuga ko bari...
Intumwa z’u Rwanda n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zongeye guhurira i Washington DC muri Leta zunze Ubumwe za Amerika mu nama ya kabiri y’Akanama gashinzwe kugenzura ishyirwa mu...
Polisi y’u Rwanda yamenyesheje ko kuri uyu wa Kane tariki 04 Nzeri 2025, kuva saa tatu kugeza saa tanu, umuhanda ‘kuri 40 – Onatracom – kugaruka kuri 40’ uzaba ukorerwamo imyitozo yo kwitegura...
Perezida Donald Trump yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye igitero ku bwato bwari butwaye ibiyobyabwenge hafi ya Venezuela, kigahitana abacuruza ibiyobyabwenge 11.
Perezida wa Turikiya, Recep Tayyip Erdogan yatangaje ko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy batiteguye guhura.