Abarwanyi b’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bigaruriye imidugudu itandukanye yo muri Osso Banyungu muri teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy yavuze ko Donald Trump wa Leta zunze za Amerika yafashije Vladimir Putin kwikuraho icyasha ku rwego mpuzamahanga aho gufasha mu gushaka icyarangiza...
Uwari Perezida wa Muhazi United, Nkaka Longin, yeguye kuri izo nshingano nyuma y’ibibazo by’ubukungu bivugwa muri iyi kipe iheruka kumanuka mu Cyiciro cya Kabiri ndetse no gutereranwa n’ubuyobozi.
Abafaransa babarirwa mu bihumbi bigabye mu mihanda yo mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa, basaba Perezida Emmanuel Macron kwegura, ndetse ko n’u Bufaransa bwava mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU).
U Rwanda n’u Bushinwa basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu birebana n’ubutabera, hagati y’Ikigo cy’ u Rwanda cy’Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n’Ubuhanga bikoreshwa mu butabera (RFI) n’Ikigo...
Abahanzi Bruce Melodie, Ariel Wayz, Kivumbi King bari mu bahanzi basusurukije ibihumbi by’abantu bitabiriye umuhango wo Kwita Izina abana b’ingagi ku nshuro ya 20.