skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Niki intwaro nshya zerekanwa muri parade nini zivuga imbaraga za gisirikare z’Ubushinwa

Ubushinwa bwashyize ahagaragara ibirwanisho bishasha, drones hamwe n’ibindi bikoresho bya gisirikare muri parade nini abantu benshi babona ko ari ubutumwa bwumvikana kuri Amerika ndetse...
8 September 2025 Yasuwe: 588 0

AFC/M23 yigaruriye imidugudu umunani muri Masisi

Abarwanyi b’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bigaruriye imidugudu itandukanye yo muri Osso Banyungu muri teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu...
8 September 2025 Yasuwe: 582 0

Zekensky yashinje Trump kwihera Putin amahirwe yo kubona ibyo yifuza

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy yavuze ko Donald Trump wa Leta zunze za Amerika yafashije Vladimir Putin kwikuraho icyasha ku rwego mpuzamahanga aho gufasha mu gushaka icyarangiza...
8 September 2025 Yasuwe: 166 0

Nkaka Longin wayoboraga Muhazi United yeguye

Uwari Perezida wa Muhazi United, Nkaka Longin, yeguye kuri izo nshingano nyuma y’ibibazo by’ubukungu bivugwa muri iyi kipe iheruka kumanuka mu Cyiciro cya Kabiri ndetse no gutereranwa n’ubuyobozi.
7 September 2025 Yasuwe: 236 0

Abafaransa bakoze imyigaragambyo basaba Macron kwegura

Abafaransa babarirwa mu bihumbi bigabye mu mihanda yo mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa, basaba Perezida Emmanuel Macron kwegura, ndetse ko n’u Bufaransa bwava mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU).
7 September 2025 Yasuwe: 404 0

Ngoga Roger wari Visi Perezida wa Rayon Sports yeguye

Ngoga Roger Aimable wari Visi Perezida wa Kabiri w’Umuryango Rayon Sports, yeguye kuri izi nshingano nyuma y’amezi 10 atowe.
7 September 2025 Yasuwe: 375 0

U Bwongereza: Abarenga 400 barimo n’abasaza rukukuri batawe muri yombi bazira kwigaragambya

Polisi yo mu Bwongereza yatangaje ko yataye muri yombi abarenga 400 bakoreye imyigaragambyo hanze y’Inteko Ishinga Amategeko mu Murwa Mukuru w’iki gihugu
7 September 2025 Yasuwe: 334 0

Lt Gen Innocent Kabandana yitabye Imana

Lt General Innocent Kabandana wabaye Umuyobozi w’ibikorwa by’inzego z’umutekano zoherejwe kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado, muri Mozambique, yitabye Imana, azize uburwayi.
7 September 2025 Yasuwe: 1261 0

U Rwanda n’u Bushinwa basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu by’ubutabera

U Rwanda n’u Bushinwa basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu birebana n’ubutabera, hagati y’Ikigo cy’ u Rwanda cy’Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n’Ubuhanga bikoreshwa mu butabera (RFI) n’Ikigo...
5 September 2025 Yasuwe: 178 0

Bruce Melodie, Ariel Wayz, Kivumbi King mu basusurukije abitabiriye Kwita Izina 2025

Abahanzi Bruce Melodie, Ariel Wayz, Kivumbi King bari mu bahanzi basusurukije ibihumbi by’abantu bitabiriye umuhango wo Kwita Izina abana b’ingagi ku nshuro ya 20.
5 September 2025 Yasuwe: 292 0