Umusore n’inkumi bo mu Murenge wa Bushenge mu Karere ka Nyamasheke, bagombaga gukora ubukwe, bajyanywe mu Bitaro nyuma yo gutegwa n’abagizi ba nabi bakabakubitira mu nzira mu ijoro ribanziriza...
Tibor Nagy wabaye Umunyamabanga wungirije wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ubufatanye na Afurika, yahaye Perezida Félix Tshisekedi umukoro wo gusura uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira...
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo (MININFRA) yatangaje ko mu myaka ibiri iri imbere ikibazo cy’ibura ry’amazi mu Rwanda kizaba cyakemutse burundu, cyane cyane mu Mujyi wa Kigali no mu tundi turere...
Perezida wa Ghana, John Dramani Mahama yemeje ko iki Gihugu cyakiriye abantu 14 birukanywe na Leta Zunze Ubumwe za America, nyuma yuko Guverinoma y’u Rwanda na yo yemeje ko yakiriye barindwi.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yagaragaje akababaro atewe n’urupfu rw’inshuti ye Charlie Kirk, uzwiho gukoresha imbuga nkoranyambaga no kumushyigikira mu bikorwa bya...
Umunyamakuru wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Carlson Tucker, yatangaje ko ari mu myiteguro yo gushyira hanze filime mbarankuru igaruka ku bitaravuzwe ku gitero cy’iterabwoba igihugu cye...
Kuri sitasiyo ya RIB ya Gashari mu Karere ka Karongi, hafungiye Niyomwungeri Eric w’imyaka 21, akurikiranyweho gutwika amafaranga y’u Rweanda 2 500 n’ibindi birimo amajerikani 2 arimo ubusa,...