skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Azam FC yashoye byinshi kugira ngo igumane Fei-Toto

Ikipe ya Azam FC iri mu zikomeye muri Tanzania, yemeye guhara arenga ibihumbi 300 by’amadolari kugira ngo ibashe kugumana umwe mu beza ifite, Feisal Salum Abdallah uzwi nka “Fei Toto”.
12 September 2025 Yasuwe: 282 0

Amakuru arambuye ku bukwe bwahindutse agahinda habura amasaha ngo butahe

Umusore n’inkumi bo mu Murenge wa Bushenge mu Karere ka Nyamasheke, bagombaga gukora ubukwe, bajyanywe mu Bitaro nyuma yo gutegwa n’abagizi ba nabi bakabakubitira mu nzira mu ijoro ribanziriza...
12 September 2025 Yasuwe: 491 0

Nagy wabaye umudipolomate wa Amerika yasabye Tshisekedi gusura uburasirazuba bwa RDC

Tibor Nagy wabaye Umunyamabanga wungirije wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ubufatanye na Afurika, yahaye Perezida Félix Tshisekedi umukoro wo gusura uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira...
12 September 2025 Yasuwe: 200 0

MININFRA yijeje gukemura burundu ibura ry’amazi mu myaka 2

Minisiteri y’Ibikorwa Remezo (MININFRA) yatangaje ko mu myaka ibiri iri imbere ikibazo cy’ibura ry’amazi mu Rwanda kizaba cyakemutse burundu, cyane cyane mu Mujyi wa Kigali no mu tundi turere...
12 September 2025 Yasuwe: 135 0

Komisiyo ya EU yasabye amavugurura ku burenganzira buhabwa ibihugu binyamuryango

Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Ursula von der Leyen, yasabye ko uburenganzira bw’ibihugu bigize uyu muryango bwo kutubahiriza imyanzuro bukwiriye gukurwaho bikazafasha ko...
11 September 2025 Yasuwe: 196 0

Nyuma y’u Rwanda hari ikindi Gihugu cyemeje ko cyakiriye abimukira birukanywe muri America

Perezida wa Ghana, John Dramani Mahama yemeje ko iki Gihugu cyakiriye abantu 14 birukanywe na Leta Zunze Ubumwe za America, nyuma yuko Guverinoma y’u Rwanda na yo yemeje ko yakiriye barindwi.
11 September 2025 Yasuwe: 332 0

Perezida Trump yashenguwe n’urupfu rw’inshuti ye yishwe irashwe

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yagaragaje akababaro atewe n’urupfu rw’inshuti ye Charlie Kirk, uzwiho gukoresha imbuga nkoranyambaga no kumushyigikira mu bikorwa bya...
11 September 2025 Yasuwe: 494 0

Intasi za Israel zashinjwe ko zari zikizi: Imyaka 24 irashize Amerika igabweho igitero simusiga

Umunyamakuru wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Carlson Tucker, yatangaje ko ari mu myiteguro yo gushyira hanze filime mbarankuru igaruka ku bitaravuzwe ku gitero cy’iterabwoba igihugu cye...
11 September 2025 Yasuwe: 478 0

Hagaragajwe amashusho yerekana ubugome ndengakamere bwa FARDC

Hagaragajwe amashusho ya bimwe mu bikorwa bihonyora uburenganzira bw’ikiremwamuntu by’igisirikare cya DRC, agaragaza bamwe mu basirikare b’iki Gihugu baboshye abo bashinja gukorana na M23,...
11 September 2025 Yasuwe: 5158 0

Karongi: Umusore akurikiranyweho gutwika 2500Frw

Kuri sitasiyo ya RIB ya Gashari mu Karere ka Karongi, hafungiye Niyomwungeri Eric w’imyaka 21, akurikiranyweho gutwika amafaranga y’u Rweanda 2 500 n’ibindi birimo amajerikani 2 arimo ubusa,...
11 September 2025 Yasuwe: 567 0