skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Papa Léon XIV yasabye abepisikopi kudahishira abihayimana bijandika mu by’ihohotera rishingiye ku gitsina

Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Léon XIV, yasabye abepisikopi bashya guhangana n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorwa n’abihayimana, aho kubakingira ikibaba.
13 September 2025 Yasuwe: 332 0

U Rwanda mu bihugu byatoye bishyigikira ubwigenge bwa Palestine

U Rwanda ruri mu bihugu byatoye bishyigikiye ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro w’Umuryango w’Abibumbye ugena ko Abanya-Israel n’Abanye-Palestine bagabanywa ubutaka bubahoza mu makimbirane, buri...
13 September 2025 Yasuwe: 658 0

Ushinjwa kwica Charlie Kirk yafashwe

Tyler Robinson w’Imyaka 22 ucyekwaho kwica Charlie Kirk yafashwe nyuma y’uko umubyeyi we afatanyije n’inshuti ze bamujyanye ku biro bya Polisi.
13 September 2025 Yasuwe: 840 0

Henok na Kudus mu bakinnyi Eritrea izakoresha muri Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali

Ishyirahamwe ry’Imikino y’Amagare muri Eritrea ryashyize hanze urutonde rw’abakinnyi batandatu bagize ikipe y’abagabo bazahagararira iki gihugu muri Shampiyona y’Isi y’Amagare izabera mu Rwanda...
12 September 2025 Yasuwe: 535 0

Tshisekedi azemera kubarara imbere ya Wazalendo muri Uvira?

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari mu rujijo, ntaramenya uruhande ashobora guhitamo hagati y’abarwanyi bo mu ihuriro Wazalendo bakorera muri teritwari ya...
12 September 2025 Yasuwe: 1171 0

Nyamasheke: Abageni bakomerekejwe n’abagizi ba nabi ubukwe burasubikwa

Habumugisha Fiston w’imyaka 25 na Muhawenayo Jeannette wa 21 bari bafite ubukwe bwo gusaba no gukwa bakanasezerana imbere y’Imana ku wa Kane tariki ya 11 Nzeri 2025, mu ma saa tatu z’ijoro bataha...
12 September 2025 Yasuwe: 3093 0

Museveni yategetse ko ibigo by’amashuri bitagira ibibuga bya siporo byimwa impushya

Perezida wa Uganda,Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko nta shuri ryo mu gihugu cyabo rizahabwa uruhushya rwo gukora ritagira ibibuga by’imikino.
12 September 2025 Yasuwe: 250 0

Uganda: Rema yahakanye ibyo gutandukana n’umugabo we

Umuhanzi Rema Namakula uri mu bakomeye muri Uganda, yagaragaje ko amakuru amaze iminsi akwirakwira ko yaba yaratandukanye n’umugabo we, Dr. Hamza Ssebunya, atari yo.
12 September 2025 Yasuwe: 879 0

Ruracyageretse hagati ya Afurika y’Epfo na Israel ishinja gukora jenoside muri Gaza

Guverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ko izakomeza gusaba urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye (ICJ) kwemeza ko ingabo za Israel ziri gukorera jenoside mu ntara ya Gaza muri Palestine.
12 September 2025 Yasuwe: 165 0

Bolsonaro wayoboye Brésil yakatiwe gufungwa imyaka 27

Bolsonaro wayoboye Brésil yakatiwe gufungwa imyaka 27
12 September 2025 Yasuwe: 132 0