U Rwanda ruri mu bihugu byatoye bishyigikiye ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro w’Umuryango w’Abibumbye ugena ko Abanya-Israel n’Abanye-Palestine bagabanywa ubutaka bubahoza mu makimbirane, buri...
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari mu rujijo, ntaramenya uruhande ashobora guhitamo hagati y’abarwanyi bo mu ihuriro Wazalendo bakorera muri teritwari ya...
Habumugisha Fiston w’imyaka 25 na Muhawenayo Jeannette wa 21 bari bafite ubukwe bwo gusaba no gukwa bakanasezerana imbere y’Imana ku wa Kane tariki ya 11 Nzeri 2025, mu ma saa tatu z’ijoro bataha...
Umuhanzi Rema Namakula uri mu bakomeye muri Uganda, yagaragaje ko amakuru amaze iminsi akwirakwira ko yaba yaratandukanye n’umugabo we, Dr. Hamza Ssebunya, atari yo.
Guverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ko izakomeza gusaba urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye (ICJ) kwemeza ko ingabo za Israel ziri gukorera jenoside mu ntara ya Gaza muri Palestine.