Imikino y’Umunsi wa mbere wa UEFA Champions League wakinwe mu Ijoro wo ku wa Gatatu tariki 17 Nzeri 2025, yasize Liverpool itsinze Atletico Madrid ibitego 3-2 naho PSG inyagira Atlanta ibitego 4-0.
Ariel Wayz n’abandi bari bamaze iminsi bafunganywe nyuma yo gutabwa muri yombi barengeje amasaha yemewe yo kuba bari mu kabari bagapimwa ibiyobyabwenge ndetse bakabibasangamo, kuri ubu bamaze...
Ubuzima bwa Bruce Willis wamamaye muri sinema i Hollywood bukomeje kwibazwaho n’umuryango we, nyuma y’aho arwaye indwara yo mu bwonko igira ingaruka ku myitwarire, ubushobozi bwo kumenya ibintu...
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface, bagaragaje ko imyiteguro ya Shampiyona y’Isi y’Amagare iri kugera ku musozo, kuko usibye ibihugu...
Umuhanga mu bijyanye n’imyuka ihumanya ikirere, atangaza ko mu Mujyi wa Kigali, ari ho haturuka iyi myuka kurusha ahandi hose mu Rwanda, kubera ibinyabiziga bikorera ingendo muri uyu Mujyi,...