skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Perezida Kagame yasuye umuhanda wa Formula 1 muri Azerbaijan

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, uri mu ruzinduko muri Azerbaijan, yasuye umuhanda uberamo amasiganwa y’imodoka nto za Formula 1.
22 September 2025 Yasuwe: 177 0

Bigoranye, Liverpool yatsinze Atletico Madrid muri UEFA Champions League

Imikino y’Umunsi wa mbere wa UEFA Champions League wakinwe mu Ijoro wo ku wa Gatatu tariki 17 Nzeri 2025, yasize Liverpool itsinze Atletico Madrid ibitego 3-2 naho PSG inyagira Atlanta ibitego 4-0.
18 September 2025 Yasuwe: 376 0

Mu birori birimo ibyamamare umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we bateye intambwe nyuma yo kumugaragaza

Umuhanzi Niyo Bosco uherutse kugaragaza umukunzi we, yamwambitse impeta amusaba ko bazarushingana bakazibanira nk’umugore n’umugabo, na we arabimwemerera, mu birori byitabiriwe n’ibyamamare...
18 September 2025 Yasuwe: 1278 0

Ariel Wayz na Babo bageze mu kigo ngororamuco cy’i Huye

Ariel Wayz n’abandi bari bamaze iminsi bafunganywe nyuma yo gutabwa muri yombi barengeje amasaha yemewe yo kuba bari mu kabari bagapimwa ibiyobyabwenge ndetse bakabibasangamo, kuri ubu bamaze...
18 September 2025 Yasuwe: 466 0

Ubuzima bwa Bruce Willis buri hagati y’urupfu n’umupfumu

Ubuzima bwa Bruce Willis wamamaye muri sinema i Hollywood bukomeje kwibazwaho n’umuryango we, nyuma y’aho arwaye indwara yo mu bwonko igira ingaruka ku myitwarire, ubushobozi bwo kumenya ibintu...
18 September 2025 Yasuwe: 308 0

Bashaka Ngenda nyuma ya Butamwa: Wazalendo basabye gushyirwa muri Guverirnoma

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwadabagije ihuriro ry’imitwe ya Wazalendo, burigira nk’ishami ry’igisirikare cy’igihugu nyuma yo kuryinjiza mu mutwe w’Inkeragutabara,...
17 September 2025 Yasuwe: 811 0

Iran na Misiri bishaka gushinga umuryango w’ubutabarane mu Burasirazuba bwo Hagati

Iran na Misiri byagaragaje ubushake bwo kumvisha ibindi bihugu byo mu Burasirazuba bwo Hagati ngo byihurize hamwe bishinge umuryango w’ubwirinzi no gutabarana mu bya gisirikare bihuriyeho waba...
17 September 2025 Yasuwe: 493 0

Ibihugu 107 bimaze kohereza abakinnyi: Aho imyiteguro ya Shampiyona y’Isi igeze

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface, bagaragaje ko imyiteguro ya Shampiyona y’Isi y’Amagare iri kugera ku musozo, kuko usibye ibihugu...
17 September 2025 Yasuwe: 532 0

Ibyamenyekanye byavugiwe mu rubanza rwa ‘Bishop Gafaranga’ uregwa guhohotera umugore we Annette Murava

Habiyaremye Zacharie wamenyekanye nka Bishop Gafaranga, aherutse kuburanishwa mu mizi ku byaha aregwa bishingiye ku ihohotera akekwaho gukorera umugore we Annette Murava. Mu byavugiwe muri uru...
17 September 2025 Yasuwe: 3854 0

Hatangajwe agace gaturukamo imyuka ihumanya ikirere kurusha ahandi mu Rwanda

Umuhanga mu bijyanye n’imyuka ihumanya ikirere, atangaza ko mu Mujyi wa Kigali, ari ho haturuka iyi myuka kurusha ahandi hose mu Rwanda, kubera ibinyabiziga bikorera ingendo muri uyu Mujyi,...
17 September 2025 Yasuwe: 2285 0