Abatujwe mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Mpazi uri mu Murenge wa Gitega, Akarere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali, bavuga ko banyuzwe n’inzu batujwemo kuko baruhutse kujya bahora bahangayikishijwe...
Nubwo ibihugu byombi bigaragaza ko biri mu nzira nziza yo gukemura amakimbirane bifitanye, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Kayikwamba Wagner,...
Ibikorwa by’imitwe ya politike muri Mali byahagaritswe, bifatwa nko gukomeza gucecekesha abo muri iki gihugu bakomeje kugaragaza ibitagenda mu miyoborere.
Muri Turkey, abaturage basaga 25.000 batuye mu Mujyi muto wa Lice mu Ntara ya Diyarbakır bisanze basinze urumogi batabigambiriye, ahubwo biturutse ku mwotsi mwinshi warwo waturukaga aho polisi...