Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatumiye mu biro bye Perezida wa Colombia, Gustavo Petro nyuma y’intambara y’amagambo aho Trump yavuze ko yanyurwa no guta muri yombi Petro,...
White House yashimangiye ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump hamwe n’abagize guverinoma ye bari mu biganiro ku bijyanye no kugura ikirwa cya Greenland.
Kuri uyu wa 7 Mutarama, Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Canoth Manishimwe yahuye n’abayobozi bakuru ba Rwanda Energy Group(REG) baganira ku bikorwa bya buri munsi no ku...
Nyuma y’uko mu ijoro ryakeye habaye ibura ry’amashanyarazi mu bice byinshi by’igihugu kandi mu gihe kitari gito, Minisiteri y’Ibikorwaremezo yiseguye ku banyarwanda bose avuga ko hari gushakwa...
Kantarama Consolée w’imyaka 62 wari Umujyanama w’Ubuzima mu Kagari ka Kigabiro mu Murenge wa Nyabitekeri mu Karere ka Nyamasheke, yapfiriye mu rugo rwa Kanyenzi Eliphase uvugwaho gukora ubuvuzi bwa...
Umuhanzi w’umunyabigwi mu muziki wa Uganda, Juliana Kanyomozi, yatangaje uko ibiganiro n’ibihuha byakwirakwizwaga ku mbuga nkoranyambaga ku bijyanye n’uwo babyaranye umuhungu we, byamuhungabanyije...
Mu gihe Yago ari mu mwaka wa gatatu atangiye gukora umuziki nk’uwabigize uwuga, uyu muhanzi w’umunyarwanda utuye mu gihugu cya Uganda yavuze ko yasoje ibikorwa byo gukora album ye ya gatatu izajya...