skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Trump yatumiye mu biro bye Perezida wa Colombia nyuma yo kumutuka

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatumiye mu biro bye Perezida wa Colombia, Gustavo Petro nyuma y’intambara y’amagambo aho Trump yavuze ko yanyurwa no guta muri yombi Petro,...
8 January 2026 Yasuwe: 758 0

FPR-Inkotanyi yemeje urwego rushya rw’Umuryango

Ubunyamabanga Bukuru bw’Umuryango FPR-Inkotanyi bwemeje ishyirwaho rw’Urwego rushya rw’inararibonye rushinzwe ubujyanama mu Banyamuryango.
8 January 2026 Yasuwe: 990 0

Trump yatangiye ibiganiro byo kugura Greenland

White House yashimangiye ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump hamwe n’abagize guverinoma ye bari mu biganiro ku bijyanye no kugura ikirwa cya Greenland.
8 January 2026 Yasuwe: 284 0

Umufana wa Congo wazanye uburyo bwihariye bw’imifanire akomeje gusekerwa n’amahirwe nyuma yo kurira

Michel Kuka Mboladinga, umufana wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika ubwo yafanaga ikipe y’Igihugu ya DRC mu buryo bwihariye yigaragaza nk’ikibumbano cya Patrice Lumumba, yahembwe imodoka yo...
8 January 2026 Yasuwe: 958 0

Minisiteri y’Ibikorwa remezo yashyize ingufu mu gukemura ikibazo cy’ingufu

Kuri uyu wa 7 Mutarama, Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Canoth Manishimwe yahuye n’abayobozi bakuru ba Rwanda Energy Group(REG) baganira ku bikorwa bya buri munsi no ku...
8 January 2026 Yasuwe: 210 0

Tanzania yafunguye abapolisi ba Kenya yafashe barenze umupaka

Ubuyobozi bwa Tanzania bwafunguye Abanya-Kenya batanu barimo n’abapolisi b’iki gihugu babiri bari batawe muri yombi, nyuma yo gufatwa barenze umupaka.
8 January 2026 Yasuwe: 214 0

Minisiteri y’ibikorwaremezo yahagurukiye Ikibazo cy’ibura ry’umuriro w’amashanyarazi

Nyuma y’uko mu ijoro ryakeye habaye ibura ry’amashanyarazi mu bice byinshi by’igihugu kandi mu gihe kitari gito, Minisiteri y’Ibikorwaremezo yiseguye ku banyarwanda bose avuga ko hari gushakwa...
7 January 2026 Yasuwe: 345 0

Nyamasheke: Umujyanama w’ubuzima yapfiriye ku muvuzi gakondo

Kantarama Consolée w’imyaka 62 wari Umujyanama w’Ubuzima mu Kagari ka Kigabiro mu Murenge wa Nyabitekeri mu Karere ka Nyamasheke, yapfiriye mu rugo rwa Kanyenzi Eliphase uvugwaho gukora ubuvuzi bwa...
7 January 2026 Yasuwe: 709 0

Juliana Kanyomozi yikije ku bihe byamugoye ku mbuga nkoranyambaga

Umuhanzi w’umunyabigwi mu muziki wa Uganda, Juliana Kanyomozi, yatangaje uko ibiganiro n’ibihuha byakwirakwizwaga ku mbuga nkoranyambaga ku bijyanye n’uwo babyaranye umuhungu we, byamuhungabanyije...
7 January 2026 Yasuwe: 463 0

Yago yasoje album ya gatatu mu mwaka we wa gatatu w’umuziki

Mu gihe Yago ari mu mwaka wa gatatu atangiye gukora umuziki nk’uwabigize uwuga, uyu muhanzi w’umunyarwanda utuye mu gihugu cya Uganda yavuze ko yasoje ibikorwa byo gukora album ye ya gatatu izajya...
7 January 2026 Yasuwe: 384 0