Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko azagirana ikiganiro kuri telefone na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, aho bazaganira ku guhagarika intambara muri Ukraine...
Itsinda ry’ubutasi rya SITE rivuga ko Jama’a Nusrat ul-Islam wa al-Muslimin (JNIM)yagabye igitero ku birindiro by’ingabo za Burkina Faso mu gace ka Djibo.
Umunyarwanda Martin Ngoga usanzwe ari Ambasaderi w’u Rwanda muri Kenya, yongeye gutorerwa kuba Umuyobozi wa Komite ishinzwe kugenzura Imyitwarire mu Ishyirahamwe rya ry’umupira w’amagaru ku Isi...
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya R&B, Chris Brown, yafashwe n’inzego z’umutekano mu Bwongereza ku wa 15 Gicurasi 2025, akekwaho gukubita umu Producer witwa Abe Diaw mu 2023. Uyu muhanzi yatawe...
Kuri uyu wa 15 Gicurasi 2025, Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko u Burusiya budafite ubushake bwo kuganira ku mahoro, nyuma y’uko Perezida Vladimir Putin yanze kwitabira...
Umujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ku bibazo bya Afurika, Massad Boulos, yatangaje ko yavuganye na Perezida Kagame na Tshisekedi ku mushinga w’amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika...