skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Nyamasheke: Umukecuru warokotse Jenoside yishwe atemwe ijosi

Nyirangirinshuti Thérèsie w’imyaka 63 warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yishwe n’utaramenyekana amutemaguje umupanga ku ijosi n’umusaya w’ibumoso.
18 May 2025 Yasuwe: 1209 0

Perezida Trump yiteze umusaruro mu kiganiro azagirana na Putin kuri telefone

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko azagirana ikiganiro kuri telefone na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, aho bazaganira ku guhagarika intambara muri Ukraine...
18 May 2025 Yasuwe: 244 0

U Burusiya na Ukraine byahererekanyije imibiri y’abasirikare baguye ku rugamba

Umudepite uri muri komite ishinzwe kugenzura ibikorwa bya gisirikare by’u Burusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine yatangaje ko u Burusiya bwashyikirije Ukraine imibiri 909 y’abasirikare bayo...
17 May 2025 Yasuwe: 550 0

ISIMBI Agape Diuf yasabye guhindura amazina akitwa MANZI Harrison Agape Diouf

Uwitwa ISIMBI Agape Diuf yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MANZI Harrison Agape Diouf mu bitabo by’irangamimerere! Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri...
16 May 2025 Yasuwe: 202 0

SIKUZANI Aline yasabye guhindura amazina akitwa SIKUZANI KARAGALWA ALINE

Uwitwa SIKUZANI Aline yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa SIKUZANI KARAGALWA ALINE mu bitabo by’irangamimerere! Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku...
16 May 2025 Yasuwe: 106 0

Ishami rya Al-Qaeda ryigambye kwica abasirikare 200 ba Burkina Faso

Itsinda ry’ubutasi rya SITE rivuga ko Jama’a Nusrat ul-Islam wa al-Muslimin (JNIM)yagabye igitero ku birindiro by’ingabo za Burkina Faso mu gace ka Djibo.
16 May 2025 Yasuwe: 882 0

Martin Ngoga yongeye gutorerwa kuyobora Akanama gashinzwe imyitwarire muri FIFA

Umunyarwanda Martin Ngoga usanzwe ari Ambasaderi w’u Rwanda muri Kenya, yongeye gutorerwa kuba Umuyobozi wa Komite ishinzwe kugenzura Imyitwarire mu Ishyirahamwe rya ry’umupira w’amagaru ku Isi...
16 May 2025 Yasuwe: 308 0

Chris Brown yatawe muri yombi

Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya R&B, Chris Brown, yafashwe n’inzego z’umutekano mu Bwongereza ku wa 15 Gicurasi 2025, akekwaho gukubita umu Producer witwa Abe Diaw mu 2023. Uyu muhanzi yatawe...
16 May 2025 Yasuwe: 376 0

Perezida Zelensky yavuze ko u Burusiya nta gahunda yo guhagarika intambara bufite

Kuri uyu wa 15 Gicurasi 2025, Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko u Burusiya budafite ubushake bwo kuganira ku mahoro, nyuma y’uko Perezida Vladimir Putin yanze kwitabira...
16 May 2025 Yasuwe: 259 0

Amerika yarangije gutegura umushinga w’amasezerano y’amahoro hagati ya RDC n’u Rwanda

Umujyanama Mukuru wa Perezida Donald Trump ku bibazo bya Afurika, Massad Boulos, yatangaje ko yavuganye na Perezida Kagame na Tshisekedi ku mushinga w’amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika...
16 May 2025 Yasuwe: 555 0
0 | ... | 270 | 280 | 290 | 300 | 310 | 320 | 330 | 340 | 350 | ... | 2860