Umuhanzi w’Umunyamerika uri mu bakunzwe ku Isi Chris Brown, yarekuwe n’urukiko rwo mu Bwongereza, nyuma yo gutanga ingwate ingana na miliyoni 5 z’amapawundi asaga miliyoni 6.7...
Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani, Taku Eto, yeguye ku mirimo ye nyuma yo kuvuga ko "atajya agura umuceri", mu gihe igihugu kiri guhangana n’ibura ry’umuceri n’izamuka ry’ibiciro...
Raporo ya Minisiteri y’Uburezi yagaragaje ko abanyeshuri bata ishuri bagabanyutse bagera kuri 4,7% mu mwaka w’amashuri wa 2023/2024 bavuye kuri 6,8% n’uwari...
Mu gitondo cyo ku wa kabiri taliki 20 Gicurasi 2025, Edward Ssebuufu uzwi cyane ku izina rya Eddie Mutwe, nibwo yatoboye avuga ku mibereho mibi yagize igihe yari mu maboko ya gisirikare, ubwo...
Leta ya Tanzania yahagaritse by’agateganyo urubuga nkoranyambaga rwa X nyuma y’aho konti ya Polisi yinjiriwe n’abataramenyekana, bagatangaza ko Perezida Samia Suluhu Hassan yitabye...
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 21 Gicurasi 2025, guhera saa Tatu z’ijoro hateganyijwe umukino wa nyuma wa UEFA Europa League hagati ya Manchester United na Tottenham Hotspurs zihurira kuri Stade...
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashinje ubugambanyi abajyanama ba Joe Biden yasimbuye, kubera ko bihaye uburenganzira bwo gufata ibyemezo avuga ko bidakwiriye, nyuma y’uko...