Ambasaderi Jean de Dieu Uwihanganye yashyikirije Umwami wa Brunei Darussalam, Haji Hassanal Bolkiah Mu’izzaddin Waddaulah, impapuro zimwemerera guhagarira u Rwanda muri icyo...
Visi Perezida wa Afurika y’Epfo, Paul Mashatile, yasabye abahinzi b’abazungu kuzibukira ibyo kwimukira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abizeza ko bagiye kubakemurira ibibazo byose bafite birimo...
Ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika buravugwaho kuba buri gutegura gahunda yo kwimura Abanya-Palestine bagera kuri miliyoni imwe bo muri Gaza, bakajyanwa muri...
Abaturage bo mu Murenge wa Nyarugunga mu Mujyi wa Kigali biyemeje kurushaho kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside no kwigisha abana babo amateka yayo mu guharanira ko Jenoside itazongera kubaho...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko azagirana ikiganiro kuri telefone na Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, aho bazaganira ku guhagarika intambara muri Ukraine...
Itsinda ry’ubutasi rya SITE rivuga ko Jama’a Nusrat ul-Islam wa al-Muslimin (JNIM)yagabye igitero ku birindiro by’ingabo za Burkina Faso mu gace ka Djibo.