Nyuma yo kuvugwa mu nkundo zitandukanye akabihakana avuga ko nta mugabo yifuza, umuhanzikazi Lydia Jazmine wo mu gihugu cya Uganda uheruka i Kigali mu mushinga w’indirimbo na Bwiza yatangaje ko ubu...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) riheruka kugaragaza ko muri uyu mwaka wa 2026 rizakoresha ingengo y’imari ingana na miliyari 14,5 Frw.
Umunye - Congo ukina mu kibuga hagati afasha abasatira muri Rayon Sports, Tony Kitoga yatangaje bari gukorana neza n’umutoza mushya Bruno Ferry ndetse ko intsinzi bakuye kuri AS Muhanga ari...
Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bazamuye impaka ku ngingo iri mu mushinga w’itegeko rigenga imikoreshereze y’umuhanda, iteganya ko utwaye ikinyabiziga aba yemerewe kunywa ibirimo...