skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

MINEDUC yagaragaje ibizakorwa ku banyeshuri bo muri Kigali bazamara icyumweru batiga

Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko mu Mujyi wa Kigali, abanyeshuri bazahagarika amasomo icyumweru kiva ku ya 21-28 Nzeri 2025, kubera irushanwa rya Shampiyona y’lsi y’Amagare (UCI)...
16 September 2025 Yasuwe: 588 0

Perezida Trump agiye kurega ikinyamakuru

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye kurega ikinyamakuru New York Times agishinja kumusebya no kumutangazaho ibinyoma, bityo ko gikwiye kumuha miliyari 15...
16 September 2025 Yasuwe: 271 0

AFC/M23 ihamya ko abasirikare ba FARDC na Wazalendo bayiyunzeho ku bushake

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryagaragaje ko ritahatiye abasirikare b’iki gihugu, Wazalendo n’abasivili kuryiyungaho, ahubwo ko babikoze ku...
16 September 2025 Yasuwe: 615 0

DRC – Abadepite bafatanye mu mihogo, bamwe ntibashaka Vital Kamerhe

Abadepite mu nteko ya Congo Kinshasa, nyuma yo guterana amagambo kuri camera, uruhande rushyigikiye Vital Kamerhe, Perezida w’Inteko ishinga Amategeko uri ku gitutu cyo kweguzwa,...
16 September 2025 Yasuwe: 1144 0

Ibyamenyekanye ku cyatumye ikibuga cy’Indege cy’i Burundi kimara ijoro ryose kidakora

Ikubuga cy’Indege Mpuzamahanga cyitiriwe Melchior Ndadaye kiri i Bujumbura mu Burundi, cyamaze ijoro ryose nta ndege zikigwaho cyangwa ngo zihaguruke kubera iyari yahagiriye ibibazo bya tekiniki.
16 September 2025 Yasuwe: 1562 0

Choplife ya Mr Eazi imaze gusora miliyari 17 Frw mu Rwanda

Umuhanzi Mr Eazi washinze Sosiyete y’Imikino y’Amahirwe "Choplife", yagaragaje ko imaze gutanga imisoro ya miliyari 17 Frw mu gihe cy’imyaka itatu ikorera mu Rwanda.
16 September 2025 Yasuwe: 244 0

Abanyamulenge bari hagati nk’ururimi muri Uvira-HRW

Ishyirahamwe riharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch (HRW), ryasabye Leta ya RD Congo kurinda umutekano w’Abanyamulenge batuye Umujyi wa Uvira wasenzekajwe no kurebana ay’ingwe...
16 September 2025 Yasuwe: 668 0

Amarushanwa ya Youth Connekt 2025 yatangiye

Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, yatangiye gushaka urubyiruko ruzitabira amarushanwa yarugenewe mu kurufasha kwiteza imbere ya Youth Connekt na Art Connekt.
16 September 2025 Yasuwe: 184 0

Rusizi: Umukozi wo mu rugo yatawe muri yombi akekwaho gutwika umwana

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rusizi yataye muri yombi umukobwa wareraga umwana w’imyaka 2 wo mu Murenge wa Rwimbogo, nyuma y’uko uwo mwana yari agiye guhira mu nzu, Imana igakinga ukuboko.
16 September 2025 Yasuwe: 436 0

Brig Gen Rwivanga ntiyumva uko RDC yahaye ubwenegihugu abahungiyeyo mu 1994, ikihakana Abanyamulenge

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga yatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bufata imyanzuro ivuguruzanya kuko bwihakana abaturage bari ku butaka...
16 September 2025 Yasuwe: 368 0