skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

U Rwanda mu nzira zo gutangiza ubuvuzi bwifashisha ingufu za nucléaire

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko umwaka wa 2025, uzasiga u Rwanda rwungutse imashini igezweho ikoreshwa mu buvuzi bwifashisha ingufu za nucléaire izwi ka PET (Positron...
13 May 2025 Yasuwe: 279 0

U Burusiya bwamaganye igitutu bushyirwaho n’ibihugu by’i Burayi

Leta y’u Burusiya yatangaje ko yifuza amahoro arambye muri Ukraine ariko itazemera gushyirwaho igitutu n’ibihugu byo ku mugabane w’i Burayi biyikangisha...
13 May 2025 Yasuwe: 266 0

Umunya Amerika bicyekwa ko ariwe wa nyuma Hamas yari yaragize imbohe yarekuwe

Umunya Israel akaba n’umunya Amerika ,Edan Alexander, wari warafashwe bugwate n’umutwe wa Hamas yarekuwe ajya kubonana n’umuryango we.
13 May 2025 Yasuwe: 247 0

Achraf Hakimi yatowe nk’Umunyafurika mwiza ukina mu Bufaransa

Myugariro wa Paris Saint-Germain ukomoka muri Maroc, yatowe nk’umukinnyi mwiza w’Umunyafurika ukina muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bufaransa.
13 May 2025 Yasuwe: 166 0

Algeria yirukanye abakozi 15 ba Ambasade y’u Bufaransa

Guverinoma ya Algeria yategetse ko abakozi ba Ambasade y’u Bufaransa bashyizweho hatubahirije imirongo ngenderwaho muri dipolomasi yo kubanza kubimenyesha igihugu bagiye gukoreramo, bahita...
13 May 2025 Yasuwe: 196 0

Amerika n’u Bushinwa byiyemeje kugabanya imisoro yari yahanitswe

Binyuze mu masezerano yo kugabanya imisoro bagiranye ku wa 12 Gicurasi 2025, ibihugu bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bushinwa, byiyemeje kugabanya imisoro biheruka gutumbagiza mu rwego rwo...
13 May 2025 Yasuwe: 158 0

Nyamasheke: Umwana w’imyaka 16 yasanzwe mu mugozi yapfuye

Tuyizere Amos w’imyaka 16 wo mu Karere ka Nyamasheke yasanzwe mu mugozi wa mushipiri yapfiriye mu rugo yabagamo, hakekwa ko yiyahuye.
13 May 2025 Yasuwe: 246 0

Hansi Flick agiye kongera amasezerano muri FC Barcelone

FC Barcelone irateganya ko nimara kwegukana Igikombe cya Shampiyona ya Espagne, izahita yongerera amasezerano Umutoza Mukuru, Hans-Dieter Flick akazageza mu...
13 May 2025 Yasuwe: 128 0

Perezida wa Sénégal yagaragaje ko u Rwanda ari icyitegererezo cye mu ikoranabuhanga

Perezida Bassirou Diomaye Faye wa Sénégal yatangaje ko u Rwanda ari icyitegererezo cye mu iterambere ry’ibikorwaremezo bishingiye ku ikoranabuhanga, bityo ko igihugu cye n’ibindi byo ku mugabane wa...
13 May 2025 Yasuwe: 170 0

Ukraine yongeye gushinja u Burusiya kon gera kuyigabaho ibitero bya ’Drones’

Mu ijoro ryo kuri uyu wa 12 Gicurasi 2025, Uburusiya bwagabye ibitero by’indege zitagira abapilote muri Ukraine bihitana abatari bacye binangiza ibikorwaremezo.
12 May 2025 Yasuwe: 286 0
0 | ... | 330 | 340 | 350 | 360 | 370 | 380 | 390 | 400 | 410 | ... | 2860