Dr. Deo Lukyamuzi Kizito, wari usanzwe ari inzobere mu kubaga mu bitaro bya Case biherereye i Nsambya muri Uganda, yirukanywe azira kuvuga ko aziyamamaza mu matora ya Perezida ateganyijwe muri...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko harimo gukorwa ivugururwa ry’ibiciro by’amashanyarazi bitigeze bihinduka kuva mu mwaka wa 2020, nk’imwe mu ngamba zo kwihaza mu bijyanye n’ingufu mu buryo burambye.
Minisitiri w’Ibidukikije Dr. Bernadette Arakwiye, yavuze ko kugira ngo habeho guhangana n’ibihumanya ikirere byaturutse ku ishoramari u Rwanda rwashoye mu kurengera ibidukikije no kongera isuku...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yibukije mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelensky ko nta yandi mahitamo afite, uretse kumvikana na Vladmir Putin, ku buryo bwo kurangiza...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), ryatangaje ko hari miliyoni 355$, zizagabanwa amakipe azohereza abakinnyi mu mikino y’Igikombe cy’Isi cya 2026 uhereye mu majonjora yo gushaka itike...
Imikino ya UEFA Champions League ya 2025/26 yatangiye gukinwa, Arsenal yatsinze Atletico Club ibitego 2-0 naho Real Madrid Itsinda Olympic Marseille ibitego 2-1.
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika ya Santrafurika (MINUSCA) zigize amatsinda ya RWABG VII na RWAMED X yita ku buvuzi, zahaye serivisi z’ubuvuzi ku buntu abarenga 200 bo...