skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Filip Reyntjens: umwanzi wahagurukiye u Rwanda nyuma yo kubengwa n’umunyarwandakazi

Filip Reyntjens, Umubiligi u Burayi bufata nk’inararibonye kuri Afurika y’Ibiyaga bigari, yatangiye kwerekana uburyo yanga u Rwanda urunuka, cyane cyane akanga FPR Inkotanyi iyoboye ubutegetsi,...
11 September 2025 Yasuwe: 894 0

Ubutwari bwa Lt. Gen. Innocent Kabandana buzibukwa iteka - Gen. (Rtd) Ibingira

Igihugu cyose cyagize agahinda gakomeye ubwo cyakiraga inkuru y’urupfu rwa Lt. Gen. Innocent Kabandana, umwe mu basirikare bakuru b’u Rwanda.
11 September 2025 Yasuwe: 767 0

Nyabihu: Imyaka ibaye itatu basiragira ku ngurane bari bemerewe

Abaturage bagera mu ijana bo mu Murenge wa Mukamira mu Karere ka Nyabihu, bamaze imyaka ikabakaba itatu basaba kwishyurwa ingurane z’ibyabo byangiritse ubwo hakorwaga umuyoboro mugari w’amashanyarazi.
11 September 2025 Yasuwe: 214 0

Volleyball: Ikipe y’Igihugu y’ingimbi yageze mu Misiri

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki ya 11 Nzeri nibwo ikipe y’Igihugu y’ingimbi mu mukino wa Volleyball yageze mu gihugu cya Misiri ahazabera igikombe cya Afurika.
11 September 2025 Yasuwe: 197 0

Karongi: Yapfanye n’ihene 30 mu mpanuka yabereye kuri Dawe Uri Mu Ijuru

Imodoka yari itwaye abantu batatu n’ihene 200 yakoreye impanuka kuri ‘Dawe Uri mu Ijuru’, hapfa umuntu umwe n’ihene zigera kuri 30 muri izo zari zijyanywe mu Isoko rya Rugali mu Karere ka Nyamasheke.
11 September 2025 Yasuwe: 574 0

Nepal: Abigaragambya basabye ko Sushila Karki w’imyaka 73 asimbura Minisitiri w’Intebe

Urubyiruko rumaze iminsi mu myigaragambyo ikaze muri Nepal rwasabye ko Sushila Karki w’imyaka 73, wigeze kuba Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, aba Minisitiri w’Intebe w’inzibacyuho, asimbuye KP...
11 September 2025 Yasuwe: 129 0

Urukiko rwategetse Umuhumuza wayoboye WASAC gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rwa Nyarugenge rwategetse ko Umuhumuza Gisèle, wari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, afungwa iminsi 30 y’agateganyo.
11 September 2025 Yasuwe: 341 0

Shampiyona y’Isi y’Amagare: Gare ya Nyanza ya Kicukiro izimurirwa i Rebero

Polisi y’Igihugu yatangaje ko mu gihe cya Shampiyona y’Isi y’Amagare (2025 UCI Road World Championships) u Rwanda rugiye kwakira, ibikorwa bya Gare ya Nyanza byose bizimurirwa ku musozi wa Rebero...
11 September 2025 Yasuwe: 240 0

Charlie Kirk wari umunywanyi wa Trump yishwe arashwe

Umunyamerika wamenyekanye nk’impirimbanyi y’intekerezo zishingiye ku gusubiza Amerika uko yahoze (conservateur) wanashinze umuryango wa Turning Point USA, Charlie Kirk, by’umwihariko akaba yari...
11 September 2025 Yasuwe: 225 0

Amavubi yageze i Kigali, ahiga gutsinda Bénin

Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ yagarutse mu Rwanda nyuma yo gukina imikino ibiri mu rugendo rwo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi, aho yatsinzwe na Nigeria igitego 1-0 mbere yo gutsinda Zimbabwe igitego 1-0.
11 September 2025 Yasuwe: 267 0