skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

APR FC vs Rayon Sports: Abakinnyi bitezwe n’aho umukino ushobora gutsindirwa

Stade Amahoro yiteguye kwakira umukino ukomeye kuri uyu wa Gatandatu guhera Saa Kumi n’Ebyiri n’Igice z’umugoroba, aho amakipe y’ibihangange mu Rwanda, APR FC na Rayon Sports, agiye guhurira mu...
10 January 2026 Yasuwe: 971 0

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

Nyuma y’imyitozo ya nyuma bitegura umukino wa nyuma w’Igikombe cya Super Cup, umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yatangaje ko ikipe ayoboye yiteguye gukina nta bwoba, igamije gutsinda no gutanga...
9 January 2026 Yasuwe: 919 0

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

Abatwara amagare na bo bari mu barebwa n’ubukangurambaga bugamije kurwanya impanuka zo mu muhanda. Ni ubutumwa abantu bakwiye gukura mu kuba Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga...
9 January 2026 Yasuwe: 1226 0

Tanzania: Umunyarwandakazi aravugwaho kwiyahurira muri Sitasiyo ya Polisi

Polisi yo muri Tanzania yemeje urupfu rw’Umuyarwandakazi wamenyekanye ku mazina ya Uwumuhoza Violette uvugwaho kuba yapfuye yiyahuriye muri Sitasiyo ya Polisi iherereye i Arusha mu Majyaruguru ya...
9 January 2026 Yasuwe: 791 0

U Rwanda rugiye kwakira inama ya Africa CEO Forum

U Rwanda rugiye kwakira inama ihuza abayobozi b’ibigo bitandukanye, abashoramari n’abanyapolitike baturutse muri Afurika ndetse no hirya no hino ku Isi. Ni inama izwi nka ‘Africa CEO Forum’.
9 January 2026 Yasuwe: 444 0

Iran yaburiye abigaragambya ishinja Trump kuba inkoramaraso

Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran Ayatollah Ali Khamenei, yashinje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ko ibiganza bye byuzuye amaraso y’abaturage ba Iran ndetse aburira...
9 January 2026 Yasuwe: 684 0

Mc Kats yatabarije Fille Mutoni urembeye mu bitaro

MC Kats yatabarije umukunzi we Fille Mutoni nyuma yo gusangiza amafoto ye yamugaragazaga arembeye mu bitaro kubera ibiyobyabwenge, aboneraho kugaya ishyirahamwe ry’abahanzi muri Uganda ritagira...
9 January 2026 Yasuwe: 928 0

Maj. Gen. Nyakarundi yasuye APR FC mbere yo guhura na Rayon Sports

Umugaba w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yasuye Ikipe ya APR FC mbere yo guhura na Rayon Sports mu mukino wo guhatanira igikombe kiruta ibindi mu Rwanda (Super Cup 2025)...
9 January 2026 Yasuwe: 491 0

Venezuela yatangiye kurekura abanyapolitiki bafunzwe ku ngoma ya Maduro

Guverinoma ya Venezuela yatangaje ko kubw’ubushake bwiza yatangiye kurekura abanyapolitiki n’abandi bakoraga mu miryango iharanira uburenganzira bwa muntu bafunzwe ku buyobozi bwa Perezida Nicolas...
9 January 2026 Yasuwe: 520 0

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA

UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMYUMUKIZA EMILE ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
9 January 2026 Yasuwe: 623 0