Stade Amahoro yiteguye kwakira umukino ukomeye kuri uyu wa Gatandatu guhera Saa Kumi n’Ebyiri n’Igice z’umugoroba, aho amakipe y’ibihangange mu Rwanda, APR FC na Rayon Sports, agiye guhurira mu...
Nyuma y’imyitozo ya nyuma bitegura umukino wa nyuma w’Igikombe cya Super Cup, umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yatangaje ko ikipe ayoboye yiteguye gukina nta bwoba, igamije gutsinda no gutanga...
Abatwara amagare na bo bari mu barebwa n’ubukangurambaga bugamije kurwanya impanuka zo mu muhanda. Ni ubutumwa abantu bakwiye gukura mu kuba Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga...
Polisi yo muri Tanzania yemeje urupfu rw’Umuyarwandakazi wamenyekanye ku mazina ya Uwumuhoza Violette uvugwaho kuba yapfuye yiyahuriye muri Sitasiyo ya Polisi iherereye i Arusha mu Majyaruguru ya...
U Rwanda rugiye kwakira inama ihuza abayobozi b’ibigo bitandukanye, abashoramari n’abanyapolitike baturutse muri Afurika ndetse no hirya no hino ku Isi. Ni inama izwi nka ‘Africa CEO Forum’.
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran Ayatollah Ali Khamenei, yashinje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ko ibiganza bye byuzuye amaraso y’abaturage ba Iran ndetse aburira...
MC Kats yatabarije umukunzi we Fille Mutoni nyuma yo gusangiza amafoto ye yamugaragazaga arembeye mu bitaro kubera ibiyobyabwenge, aboneraho kugaya ishyirahamwe ry’abahanzi muri Uganda ritagira...
Umugaba w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yasuye Ikipe ya APR FC mbere yo guhura na Rayon Sports mu mukino wo guhatanira igikombe kiruta ibindi mu Rwanda (Super Cup 2025)...