skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Imbangukiragutabara yarimo abarwayi yakoreye impanuka ku ishuri Imana ikinga akaboko

Imbangukiragutabara y’Ibitaro bya Nyanza yari irimo abarwayi babiri n’abarwaza, yakoze impanuka ubwo yari igeze ku kigo cy’Ishuri Ryisumbuye rya E.S Nyanza mu Karere Karere ka Nyanza, ku...
3 September 2025 Yasuwe: 940 0

Nyamasheke: Yafatanywe ingurube 2 zibwe baramukubita kugeza apfuye

Ntabwoba Isaac w’imyaka 29 yafatanywe ingurube ebyiri bikekwa ko yari azibye ku muturage witwa Iyamuremye Danielwo mu Mudugudu wa Murambi, Akagari ka Mubumbano, Umurenge wa Kagano, mu Karere ka...
3 September 2025 Yasuwe: 714 0

U Bushinwa bwamuritse intwaro zihambaye, butanga ubutumwa kuri Amerika

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya kandi zishobora kurasa mu ntera ndende, mu birori bya gisirikare byitabiriwe na Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin hamwe n’uwa Koreya y’Epfo Kim Jong Un.
3 September 2025 Yasuwe: 1336 0

Ingabo z’u Rwanda zashimiwe umurimo zakoze muri Sudani y’Epfo

Ubuyobozi bw’Ubutumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Anibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), bwashimye ingabo z’u Rwanda zoherejwe muri ubwo butumwa ku bw’umurimo uhebuje zakoze.
3 September 2025 Yasuwe: 439 0

Yago mu byishimo byo kugaragara kuri Alubumu izahatanira Grammy Award

Umuhanzi nyarwanda Yago Pon Dat ari kubyinira ku ikoma nyuma y’uko indirimbo yise Vis a Vis’ igaragaye mu ndirimbo zigize umushinga wa Alubumu wahurijweho abahanzi batandukanye b’Isi yose yiswe...
3 September 2025 Yasuwe: 636 0

Perezida wa Ghana yirukanye Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga

Perezida wa Ghana John Mahama, yirukanye Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga Gertrude Torkornoo, azira imyitwarire mibi irimo gukoresha nabi umutungo wa Leta, gukoresha nabi ububasha ahabwa no...
3 September 2025 Yasuwe: 214 0

Indonesia: Imyigaragambyo yamagana ihohoterwa n’imishahara mito yafashe indi ntera

Kuri uyu wa 02 Nzeri 2025, imbere y’Inteko Ishinga Amategeko ya Indonesia iri mu Mujyi i Jakarta, no kuri za kaminuza zitandukanye haramukiye imyigaragambyo yamagana ihohoterwa n’imishahara mike,...
3 September 2025 Yasuwe: 127 0

Perezida wa FIFA yashimiye Shema Fabrice watorewe kuyobora FERWAFA

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, yashimiye Shema Ngoga Fabrice uheruka gutorerwa kuyobora Ishyirahamwe ry’uyu mukino mu Rwanda (FERWAFA).
3 September 2025 Yasuwe: 200 0

Umuryango wa Jay Polly wibutse imyaka ine ishize yitabye Imana

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 2 Nzeri 2025, abagize umuryango wa Jay Polly basuye imva ye baramwunamira, mu rwego rwo kuzirikana imyaka ine ishize uyu muraperi yitabye Imana.
3 September 2025 Yasuwe: 323 0

AFC/M23 yavuze amakuru yamenye agaragaza umugambi mubisha ubutegetsi bwa Congo bufite

Ihuriro AFC/M23 riratangaza ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangije intambara yeruye igamije kurimbura Abanyamulenge, bukaba bwanazanye abasirikare ibihumbi 30 bo...
2 September 2025 Yasuwe: 1099 0