skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Jay-Z yahombejwe miliyoni 190$ n’ikirego cyo gusambanya umwana w’imyaka 13

Umuraperi akaba n’umushoramari, Jay-Z, uri mu rubanza ashinja umunyamategeko Tony Buzbee n’umugore yaburaniraga wamushinje kumusambanya ubwo yari afite imyaka 13 mu 2000; yavuze ko yahombejwe n’iki...
8 May 2025 Yasuwe: 135 0

Leta ya RDC ishaka gusenya ishyaka PPRD rya Kabila

Minisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jacquemain Shabani, yasabye Umushinjacyaha mu rukiko rushinzwe kurengera Itegeko Nshinga gutangira inzira yo gusenya...
8 May 2025 Yasuwe: 304 0

Abanyabigwi muri ruhago y’u Rwanda bahuriye n’abakiri bato mu gikorwa cyo #Kwibuka31

Igikorwa cy’imikino ya ruhago cyamaze iminsi itanu kibera ku bibuga byo hirya no hino mu Mujyi wa Kigali, kigamije kunamira inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, by’umwihariko...
8 May 2025 Yasuwe: 146 0

Bishop Gafaranga yafunzwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Habiyaremye Zacharie, wamenyekanye cyane ku izina rya Bishop Gafaranga, akurikiranyweho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku...
8 May 2025 Yasuwe: 586 0

Igice gisoza ‘Squid Game’ kigiye kujya hanze

Filime ya Squid Game yaciye ibintu ku Isi yose igiye gusozwa n’igice cyayo cya nyuma kizajya hanze muri Kamena 2025.
8 May 2025 Yasuwe: 78 0

UEFA Champions League: PSG yasezereye Arsenal isanga Inter de Milan ku mukino wa nyuma

Paris Saint-Germain yatsinze Arsenal ibitego 2-1 iyisezerera muri ½ cya UEFA Champions League ku giteranyo cy’ibitego 3-1 mu mukino yombi.
8 May 2025 Yasuwe: 121 0

Abasirikare 10 ba Niger baguye mu gitero cyagabwe mu Karere ka Dosso

Abasirikare bagera ku 10 barapfuye abandi barindwi barakomereka mu gitero cyagabwe mu karere ka Dosso muri Niger muri iki cyumweru, nk’uko abayobozi batangaje mu itangazo ryatambutse kuri radiyo...
7 May 2025 Yasuwe: 190 0

Sosiyete z’indege zinyuranye zahagaritse igendo zica mu kirere cya Pakistan

Sosiyete z’indege zitandukanye ziri guhagarika ingendo zazo zacaga mu kirere cya Pakistan nyuma yuko hongeye gututumba umwuka mubi hagati y’iki gihugu n’u Buhinde, kubera abakerarugendo biciwe mu...
7 May 2025 Yasuwe: 302 0

Umukire utunze imodoka 25, ibibanza, inzu zirimo etaji yafatiwe ikindi cyemezo

Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwategetse ko umugabo witwa Niyitegeka Eliezer ufite imitungo ifatika muri Kigali akurikiranwa afunzwe by’agateganyo aho gukurikiranwa...
7 May 2025 Yasuwe: 3933 0

Senateri Mureshyankwano yumiwe kubera raporo y’Umujyi wa Kigali yuzuyemo ’Biragayitse’

Senateri Mureshyankwano Marie Rose, yatangajwe n’uburyo muri Raporo y’Umugenzuzi w’Imari ya Leta y’umwaka warangiye muri Kamena 2024, Umujyi wa Kigali ufite ‘Biragayitse’ zirenga eshanu kandi ari wo...
7 May 2025 Yasuwe: 753 0
0 | ... | 420 | 430 | 440 | 450 | 460 | 470 | 480 | 490 | 500 | ... | 2880