Ntabwoba Isaac w’imyaka 29 yafatanywe ingurube ebyiri bikekwa ko yari azibye ku muturage witwa Iyamuremye Danielwo mu Mudugudu wa Murambi, Akagari ka Mubumbano, Umurenge wa Kagano, mu Karere ka...
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya kandi zishobora kurasa mu ntera ndende, mu birori bya gisirikare byitabiriwe na Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin hamwe n’uwa Koreya y’Epfo Kim Jong Un.
Umuhanzi nyarwanda Yago Pon Dat ari kubyinira ku ikoma nyuma y’uko indirimbo yise Vis a Vis’ igaragaye mu ndirimbo zigize umushinga wa Alubumu wahurijweho abahanzi batandukanye b’Isi yose yiswe...
Perezida wa Ghana John Mahama, yirukanye Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga Gertrude Torkornoo, azira imyitwarire mibi irimo gukoresha nabi umutungo wa Leta, gukoresha nabi ububasha ahabwa no...
Kuri uyu wa 02 Nzeri 2025, imbere y’Inteko Ishinga Amategeko ya Indonesia iri mu Mujyi i Jakarta, no kuri za kaminuza zitandukanye haramukiye imyigaragambyo yamagana ihohoterwa n’imishahara mike,...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 2 Nzeri 2025, abagize umuryango wa Jay Polly basuye imva ye baramwunamira, mu rwego rwo kuzirikana imyaka ine ishize uyu muraperi yitabye Imana.