skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Uganda: Museveni yasubije Minisitiri Kadaga wijunditse ishyaka rya NRM

Perezida Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ko ishyaka rya NRM rimaze igihe ryaratanze umurongo ku kibazo cy’abavuga ko barimazemo igihe bashaka kwikubira imyanya, kuko byaba ari ukuvangura...
30 August 2025 Yasuwe: 738 0

Israel yishe Minisitiri w’Intebe w’Aba-Houthi n’abandi bari bagize Guverinoma ye

Igitero cy’indege ingabo za Israel zagabye ku mutwe witwaje intwaro w’Aba-Houthi muri Yemen tariki ya 28 Kanama 2025, cyahitanye Minisitiri w’Intebe wabo, Ahmed al-Rahawi, na bamwe mu bari bagize...
30 August 2025 Yasuwe: 1366 0

CHAN 2024: Maroc yegukanye igikombe ku nshuro ya gatatu

Maroc yegukanye Igikombe cya CHAN 2024 itsinze Madagascar ibitego 3-2 ku mukino wa nyuma, kiba igikombe cya gatatu cy’iri rushanwa yegukanye mu mateka.
30 August 2025 Yasuwe: 621 0

Shema Ngoga Fabrice yatorewe kuyobora FERWAFA

Shema Ngoga Fabrice wari umukandida rukumbi, yatorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) mu myaka ine iri imbere.
30 August 2025 Yasuwe: 469 0

Amerika yanze ko Perezida wa Palestine ajya ku cyicaro cya Loni

Ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwimye Perezida wa Palestine, Mahmoud Abbas, uruhushya rwo kujya i New York kwitabira Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye iteganyijwe mu kwezi gutaha.
30 August 2025 Yasuwe: 482 0

Thailand: Minisitri w’Intebe yegujwe kubera telefone

Urukiko rw’Ikirenga muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza Paetongtarn Shinawatra, wari Minisitiri w’Intebe, ,kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na Hun Sen, uyobora Sena ya Cambodia,...
30 August 2025 Yasuwe: 1511 0

Rusizi: Ubuyobozi bwakebuye imiryango irenga 950 ibanye mu makimbirane

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwasabye abashakanye kujya baganira bagafatira hamwe ibyemezo bireba urugo, mu rwego rwo kwirinda amakimbirane ari mu miryango 952 igatuyemo.
30 August 2025 Yasuwe: 254 0

Kivu y’Amajyepfo: AFC/M23 igiye guha abaturage inote zisimbura izishaje

Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo washyizweho n’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Busu Bwa Ngwi Nshombo, yasabye abaturage gutanga...
30 August 2025 Yasuwe: 1449 0

Ubushomeri buri guca ibintu mu Budage

Umubare w’abashomeri mu Budage warenze miliyoni eshatu z’abaturage, ari nacyo kigero cyo hejuru icyo gihugu kigize nibura kuva mu 2015, ibishimangira uburyo ubukungu bw’icyo gihugu bukomeje...
30 August 2025 Yasuwe: 454 0

Trump yambuye uburinzi Kamala Harris wabaye Visi Perezida

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahagaritse serivisi y’uburinzi bwahabwaga Kamala Harris nk’umuntu wigeze kuba Visi Perezida.
30 August 2025 Yasuwe: 412 0