Mu gihe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Gicurasi 2025 i Libreville muri Gabon hategerejwe umuhango w’irahira rya Perezida mushya wa Gabon Gen. Brice Oligui Nguema, Imvaho Nshya igiye kubagezaho...
Ihuriro FCC ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryasabye Abanye-Congo kurwanya umugambi wa Leta wo gukurikirana Joseph Kabila mu...
Ross Kana wari umwe mu bahanzi babarizwaga muri 1:55 AM Ltd yamaze kwandika urwandiko ruyisezeramo abashinja kutubahiriza amasezerano y’ibyo bumvikanye kuva yageramo ku wa 1 Ukuboza...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeje ubufasha bw’arenga miliyoni 310,5$ yo gufasha mu gusana indege za F-16 zikoreshwa na Ukraine zatanzwe na bimwe mu bihugu by’u...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika iri kwiga ku mushinga wo kongera ibihano by’ubukungu byafatiwe u Burusiya, mu rwego rwo guhatira icyo gihugu kwemera guhagarika intambara gihanganyemo na...
Umuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats, Tiwa Savage yatangaje amagambo yavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gutanga igitekerezo cye ku bagabo b’Abanya-Nijeriya mu kiganiro...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryavuguruye amategeko agomba kwemezwa n’abanyamuryango kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 3 Gicurasi 2025, nyuma y’uko hari abagaragaje ko ayari...
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, bikomeje kuvugwa ko ari kugerageza gushaka kugira uruhare mu itorwa rya Papa mushya, aho ashaka ko Umu-Cardinal w’Umufaransa ariwe...
Umushumba wa Diyosezi ya Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Cardinal Flidorin Ambongo ari muri ba Karidinali 10 bahabwa amahirwe yo kuvamo Umushumba mushya wa Kiliziya...