APR FC ihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya CECAFA Kagame CUP 2025 yisanze mu itsinda rya kabiri hamwe NEC FC yo mu Uganda, Bumamuru FC yo mu Burundi na Mlandege yo muri Zanzibar.
Mu mukino wa shampiyona mu gihugu cya Tunisie, umusifuzi wo ku ruhande witwa Marwana Saad, yakomerekejwe n’abafana nyuma yo kutishimira ibyemezo yagiragamo uruhare.
Ubushinjacyaha bwasabiye Prof. Omar Munyaneza wayoboraga WASAC Group gufungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe we yaburanye asaba ko Urukiko rwamurekura by’agateganyo agakurikiranwa ari hanze.
Boniface Mwangi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya akaba n’impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Kamena 2025, yatangaje ko aziyamamaza mu matora y’Umukuru...
Ikigo cya SpaceX cyabashije kohereza icyagajuru cya mbere kinini mu isanzure, nyuma yo kugikorera igerageza inshuro zigera ku icyenda iki cyogajuru kigashwanyukira mu nzira.
Polisi mu Ntara y’Amajyepfo iratangaza ko mu mezi atandatu ashize, uhereye muri Mutarama, kugeza muri Nyakanga 2025, ku bufatanye n’abaturage, inzego z’ibanze na Polisi, hamaze gufatwa abantu 1.615...