Perezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, ku wa Gatatu tariki ya 27 Kanama, yunamiye Abatutsi bishwe muri Jenoside mu 1994, bashyinguye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, agaragaza ko...
Inzu y’umuturage wo mu Karere ka Rusizi mu Ntara y’Iburengerazuba yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka yose ba nyiraho ntibagira icyo barokora.
Imisozi myiza yo muri Kivu y’Amajyepfo yongeye guhinduka urubuga rw’amarira n’amaraso. Ku wa 26 no ku wa 27 Kanama, ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), zifatanyije n’umutwe...