Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yavuze ko icyo gihugu kiteguye kwihorera ku ba-Houthis nyuma y’igitero cy’igisasu cyo mu bwoko bwa Missile izo nyeshyamba zagabye hafi y’Ikibuga...
Kuri iki Cyumweru, ikipe ya APR FC yegukanye Igikombe cy’Amahoro ku nshuro ya 14, nyuma yo gutsindira Rayon Sports ku mukino wa nyuma wabereye kuri Stade Amahoro ibitego 2-0, unaba uwa mbere...
Ikigo cy’Igihugu cy’Itaganyagihe, Meteo Rwanda cyatangaje ko kuva ku wa 4 Gicurasi kugeza ku wa 6 Gicurasi 2025, mu Rwanda hateganyijwe imvura nyinshi.
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Afurika y’Epfo, Gen Rudzani Maphwanya, yatangaje ko kuba barahisemo gukura ingabo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bishingiye ku kuba amahoro...
Umwe mu basirikare bashinzwe kurinda Pereizida wa Burkina Faso, Ibrahim Traoré, yatangaje ko hari abo mu bihugu bikomeye bamuhaye miliyoni 5$ ngo amurase amuturutse inyuma ariko...
Perezida wa Ukraine, Volodymy Zelensky, yahishuye ibyo aheruka kuganira na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ubwo bari i Vatican bitabiriye umuhango wo gushyingura Papa...