Icyemezo cya Perezida wa Kenya, Dr. William Ruto, cyo gushyiraho itsinda rishinzwe gukurikirana itangwa ry’indishyi z’akababaro ku bagizweho ingaruka n’imyigaragambyo yabaye muri iki gihugu mu...
Perezida wa Mozambique, Daniel Chapo, uri mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda, yasabye ko hashyirwaho urugendo rw’indege rutaziguye ruhuza Mozambique n’u Rwanda kugira ngo byorohereze ingendo,...
Perezida Kagame yaherekeje mugenzi we wa Mozambique Daniel Francisco Chapo wasoje uruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriraga mu Rwanda, rwasize havuguruwe amasezerano y’imikoranire arimo ayo kurwanya...
Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (White House), byirukanye Susan Monarez ku buyobozi bw’Ikigo gishinzwe kurwanya indwara z’ibyorezo (CDC), nyuma yo kwanga kwegura.