skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Ukraine yakangishije kurasa i Moscow

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yavuze ko igihugu cye gifite intwaro nshya zishobora kurasa i Moscow mu Burusiya, kandi ko icyo gihugu kidafite uburyo bwo kuzirinda cyangwa kuzisenya.
1 September 2025 Yasuwe: 209 0

Hagaragajwe igipimo cy’imvura iteganyijwe mu Rwanda mu kwa 09 hanatangwa ubujyanama

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere ‘Meteo Rwanda’ cyatangaje ko imvura iteganyijwe mu kwezi kwa Nzeri uyu mwaka, iri hejuru y’ikigero cy’impuzandengo y’imvura isanzwe igwa muri uku...
1 September 2025 Yasuwe: 312 0

Nisanze nkunda umuziki we agakunda amakuru – Niyonshuti Tricia wa Tom Close

Umuryango wa Muyombo Thomas uzwi nka Tom Close wasangije abitabiriye amasengesho y’urubyiruko yo gusengera Igihugu azwi nka Young Leaders Prayer Breakfast urugendo rw’imyaka 12 bamaze bubatse urugo...
1 September 2025 Yasuwe: 230 0

Musanze: Batungurwa n’inka zibasanga mu Kigo Nderabuzima cya Bisate

Abarwayi, abarwaza n’abaganga mu Kigo Nderabuzima cya Bisate, giherereye mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze, babangamiwe no kuba nta mutekano bagira kubera nta ruzitiro, aho inka ziza...
1 September 2025 Yasuwe: 201 0

Perezida Kagame i Dakar mu nama yiga ku biribwa muri Afurika

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri iki Cyumweru, yageze i Dakar muri Senegal aho yitabiriye Inama y’uyu mwaka yiga ku ruhererekane rw’Ibiribwa muri Afurika.
31 August 2025 Yasuwe: 432 0

Israel yivuganye umuvugizi wa Hamas

Minisitiri w’Ingabo wa Israel, Israel Katz, yatangaje ko bivuganye Abu Obeida usanzwe ari umuvigizi wa Hamas, mu gitero cy’indege iki gihugu cyagabye mu Mujyi wa Gaza.
31 August 2025 Yasuwe: 373 0

Palestine ntiyumva uko Amerika yimye Perezida Abbas Viza yo kwitabira Inteko Rusange ya Loni

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) n’ibiro bya Perezida wa Palestine, byasabye Perezida Donald Trump kwisubiraho ku cyemezo yafashe cyo gukuraho Viza za Perezida wa Palestine, Mahmoud Abbas...
31 August 2025 Yasuwe: 336 0

Andriy Parubiy wayoboye Inteko Ishinga Amategeko ya Ukraine yishwe arashwe

Depite Andriy Parubiy wanabaye Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Ukraine, yarasiwe mu Mujyi wa Lviv, ahasiga ubuzima.
31 August 2025 Yasuwe: 727 0

Shema Fabrice yasabye ko imikoranire mibi ivugwa hagati ya FERWAFA na MINISPORTS icika

Perezida mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yasabye ko imikoranire itari myiza ivugwa hagati yaryo na Minisiteri ya Siporo icika.
31 August 2025 Yasuwe: 274 0

Putin yavuze ko u Burusiya n’u Bushinwa bihuje icyerekezo

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yatangaje ko igihugu cye n’u Burusiya bihuje icyerekezo cyo guharanira ko ibihugu byo ku Isi bisaraganya ijambo, aho kwiharirwa na kimwe cyangwa bike bikomeye.
30 August 2025 Yasuwe: 450 0