Umuryango wa Muyombo Thomas uzwi nka Tom Close wasangije abitabiriye amasengesho y’urubyiruko yo gusengera Igihugu azwi nka Young Leaders Prayer Breakfast urugendo rw’imyaka 12 bamaze bubatse urugo...
Abarwayi, abarwaza n’abaganga mu Kigo Nderabuzima cya Bisate, giherereye mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze, babangamiwe no kuba nta mutekano bagira kubera nta ruzitiro, aho inka ziza...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri iki Cyumweru, yageze i Dakar muri Senegal aho yitabiriye Inama y’uyu mwaka yiga ku ruhererekane rw’Ibiribwa muri Afurika.
Minisitiri w’Ingabo wa Israel, Israel Katz, yatangaje ko bivuganye Abu Obeida usanzwe ari umuvigizi wa Hamas, mu gitero cy’indege iki gihugu cyagabye mu Mujyi wa Gaza.
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yatangaje ko igihugu cye n’u Burusiya bihuje icyerekezo cyo guharanira ko ibihugu byo ku Isi bisaraganya ijambo, aho kwiharirwa na kimwe cyangwa bike bikomeye.