Abagore bo mu Karere ka Musanze bibumbiye mu matsinda y’ubwizigame bavuga ko amaze guhindura imibereho y’imiryango yabo binyuze mu kuzigama amafaranga make buri munsi, ariko agira uruhare runini mu...
Umwe mu bayobozi bakomeye mu muryango wo gutabarana wa OTAN yatangaje ko bari gutenganya guha Ukraine inkunga mu bya gisirikare ifite agaciro ka miliyari 50$.
Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) Paul Kagame, yatangaje ko mu myaka 31 ishize u Rwanda rubohowe, nta myaka itanu ishira rudashotowe n’abatarushakira ineza...
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge, ANU, ryafatiye abagabo babiri mu Murenge wa Kanyinya bakekwaho gutwara urumogi ibilo 30 kuri moto, baruvanye mu Karere ka Rubavu mu Ntara...