Umugore wa Perezida wa Turikiya Emine Erdoğan, yagaragaje akababaro aterwa n’abana bapfira mu ntambara ya Isiraheli na Palestine, avuga ko Gaza yahindutse nk’irimbi ry’abana.
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yashimangiye ko Abanya-Ukraine bazakomeza kurwanira kuguma ku butaka bwabo, burimo n’ubwigaruriwe n’u Burusiya kuri ubu.
Police FC yatsinze AS Kigali kuri penaliti 5-3 nyuma y’uko amakipe yombi anganyije 0-0 mu minota 90 y’umukino wa nyuma w’irushanwa ry’Inkera y’Abahizi ryateguwe na APR FC, yiyongerera amahirwe yo...
Umugore w’imyaka 54 wo mu Karere ka Rutsiro yasanzwe amanitse mu mugozi yapfuye bikekwa ko yiyahuye, mu gihe Ubuyobozi buvuga ko iperereza ku cyateye uru rupfu rigikomeje.
U Bufaransa bwahamagaje Ambasaderi w’u Butaliyani muri iki gihugu, Emanuela D’Alessandro kugira ngo atange ibisobanuro ku byatangajwe na Minisitiri w’Intebe wungirije, Matteo Salvini kuri Perezida...
Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, Révérien Ndikuriyo, yashimangiye ko u Burundi budateze kubana neza n’u Rwanda mu gihe butarahabwa abagerageje guhirika...
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi watangaje ko wahaye Ukraine inguzanyo ya miliyari 9€ (angana na miliyari 10,5$), yavuye mu nyungu ku mutungo w’u Burusiya wafatiriwe n’ibihugu byo mu Burengerazuba...
Polisi y’u Rwanda (RNP) yatangaje ko ku wa 24 Kanama 2025 guhera Saa Cyenda kugeza Saa Kumi n’Imwe z’igicamunsi umuhanda Sonatube -Kicukiro Center uraba ufunze.