Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), kiri kwakira ibimodoka bya burende birenga 100 kiri guhabwa na sosiyete ya International Golden Group (IGG) yo muri Leta Zunze...
Abaturage ndetse n’abatwara ibinyabiziga bakorera ahazwi nk’ahateganyirijwe kubakwa gare ya Gakenke, bavuga ko bamaze umwaka n’igice bategereje ko imirimo yo kuyubaka itangira, ariko amaso yaheze...
Endrometriosis ni indwara ifata mu myanya myibarukiro y’abagore, ituma agace ka endometrium kaba muri nyababyeyi gatangira kuza ku bice by’inyuma ya nyababyeyi.
Bianca Censori, umugore wa Kanye West, yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru, nyuma yo kugaragara mu ruhame yambaye imyambaro y’imbere gusa yose igaragaza neza...
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yatangaje ko ibitero Israel na Leta Zunze U bumwe za Amerika byagabye kuri Iran, ari ubushotoranyi, kuko binyuranyije n’amategeko mpuzamahanga.
Umugeni w’imyaka 27 yarashwe ahita apfa ku munsi w’ubukwe mu gihe umugabo we yakomeretse ubwo ikirori cyari kirimbanyije mu bukwe bwabereye mu cyaro kiri hafi y’Umujyi wa Avignon mu Majyepfo y’u...
Abagenzi 18 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka ya minibisi RAB 579H, yavaga mu isantere ya Kabaya yerekeza mu isantere ya Ngororero mu Karere ka Ngororero.
Abantu 22 bapfuye abandi barenga 60 bakomerekera mu gitero cy’iterabwoba cyabagabweho ubwo bari mu Kiliziya cya Mar Elias kiri i Dweil’a,mu nkengero z’Umujyi wa Damascus.