skol

Imikino

Nyuma y’iminsi igera kuri 52 adakoza umupira ku ikirenge Muhadjiri yatangiye imyitozo yoroheje

Umukinnyi ukina mu ikibuga hagati ariko asatira izamu mu ikipe ya APR FC ndetse n’Amavubi, (…)

FERWAFA: Masudi Djuma na Ivan Minnaert bashobora guhanirwa amagambo batangaje ku abasifuzi cyangwa ntibahanwe

Nyuma y’uko umutoza wa Mukura n’uwa Rayon Sports batangaje amagambo asa naho yibasira abasifuzi, (…)

Urifuza guherekeza Rayon Sports muri Mali gukina na Onze Createurs? Dore ibyo usabwa

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwatangaje ko umuntu wese wifuza guherekeza ikipe ya Rayon (…)

Igitego cya Jacques Tuyisenge gihesheje igikombe Gor Mahia imbere ya Tusker, Migi aza muri 11 babanjemo

Umukino wa Super Cup(umukino uhuza ikipe yatwaye shampiyona n’iyatwaye igikombe cy’igihugu) muri (…)

Rwatubyaye afashije Rayon Sports gushyiramo ikinyuranyo hagati yayo na APR FC, Casa Mbungo Andre atungurwa na Pepiniere

Mu imikino y’umunsi wa 19 yabaga kuri iki cyumweru isize Rayon Sports itsinze Marines 2-1, (…)

Perezida wa FERWAFA yasuye Gangi aho arwariye i Gisenyi maze Gangi ashima byimazeyo Minisitiri w’Ingabo

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 4 Werurwe 2017, perezida wa FERWAFA Nzamwita Vincent De Gaulle (…)

ARPL: Rayon Sports ishyize hanze 11 babanzamo ku umukino wa Marines batarimo Shassir na Djabel

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Masudi Djuma yamaze gushyira ahagaragara urutonde rw’abakinnyi (…)

Thierry Henry aremeranya na Zlatan, ngo nawe iyo aba ari we aba yateye Mings inkokora

Umufaransa utoza ikipe y’u Bubiligi nk’umutoza wungirije, Thierry Henry avuga ko Zlatan nta kosa (…)

Rio Ferdinand yashize hanze impamvu Cristiano muri Man U yakundaga kubabaza kuri Thierry Henry

Uwahoze ari umukinnyi w’ikipe ya Manchester United Rio Ferdinand yatangaje ko impamvu Cristiano (…)

Nyinawumuntu Grace yateye utwatsi iyirukanwa rye muri AS Kigali ryatangajwe n’ubuyobozi bwayo

Nyuma yo kuvugwa ko yirukanywe burundu ku imirimo yo gutoza ikipe ya AS Kigali, Nyinawumuntu (…)

ARPL: Police FC inaniwe gukura amanota 3 i Gicumbi, Kiyovu ihagama Mukura, AS Kigali ibabaza abanyabugesera

Shampiyona yari yakomehje ku umunsi wayo wa 19, hari habaye imikino itandukanye, Police yananiwe (…)

FERWAFA: Ese nyuma yo guhana umusifuzi kubera kwanga gutanga ikarita itukura ku ikosa, umukinnyi warikoze hari ibahano ateganyirijwe?

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda riratangaza ko nta bihano bihari bizafatirwa (…)

Nyuma yo guhagarikwa by’agateganyo aregwa itoneshwa n’ubutinganyi, Nyinawumuntu Grace yirukanywe burundu muri AS Kigali

Uwari umutoza wa AS Kigali y’abagore Nyinawumuntu Grace yamaze guhagarikwa burundu ku imirimo yo (…)

Shampiyona irakomeza Mukura idafite umuzamu wa mbere isura Kiyovu, Bugesera na AS Kigali zesurana

Nyuma y’uko ikipe ya APR FC inganyije na Musanze FC mu umunsi wa 19 wa shampiyona y’icyiciro cya (…)

Ibintu bikomeje kuba bibi, APR FC isitaye kuri Musanze FC

Ikipe ya APR FC inganyije na Musanze FC igitego 1-1 mu umukino w’umunsi wa 19 wa shampiyona y’u (…)