skol

Imikino

Nyuma yo kwanga gutanga ikarita y’umutuku nkana, Uwikunda Samuel wasifuye umukino wa APR FC na Mukura yahagaritswe ukwezi

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ryamaze gufatira umusifuzi Uwikunda Samuel (…)

"Njyewe nkunda umukinnyi ufite ubwenge, imbaraga wazishaka ariko ubwenge ntiwabushaka "Musudi Djuma

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Masudi Djuma aravuga ko rutahizamu we mushya Tediane Kone ari (…)

Innocent Habyarimana yapfushije umubyeyi yari asigaranye mbere y’uko APR FC icakirana na Musanze

Umukinnyi ukina imbere ku uruhande rw’iburyo mu ikipe ya APR FC, HAbyarimana Innocent yapfushije (…)

Nyuma y’amasaha 48 gusa APR FC iragaruka mu ikibuga yagaruye bamwe mu bakinnyi bayo mu ikibuga

Ikipe ya APR FC nyuma yo gutsindwa na Gicumbi FC, mu masaha atarenze 48 iragaruka mu ikibuga (…)

Luis Enrique utoza FC Barcelona yayisezeye ku mugaragaro

Umutoza Luis Enrique utoza ikipe ya FC Barcelona yo muri Espagne yasezeye ku buyobozi bw’ iyo (…)

Byatahuwe ko Umunya Nigeria watozaga Sunrise atagira ibyangombwa ahita yirukanwa nta mperekeza

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) yemeje ko Umunya-Nigeria Ibe Chid (…)

Jimmy Mulisa yababajwe n’ ibintu bibiri mu mukino yatsinzwemo na Gicumbi

Umutoza wa APR FC, Jimmy Mulisa watsinzwe n’ ikipe ya Gicumbi FC, ejo ku wa Gatatu tariki ya (…)

Umutoza wa Espoir ngo yatunguwe n’ imikinire ya Rayon Sports

Umutoza w’ikipe ya Espoir FC, Jimmy Ndayizeye yabwiye itangazamakuru ko yatunguwe n’imikinire ya (…)

Umutoza Okoko yakomoje ku ibanga yakoresheje ngo atsinde APR FC

Umutoza wa Gicumbi FC Okoko Godefroid waraye atsinze ikipe ya APR yavuze ko yavuze ko iyo ukina (…)

[AMAFOTO]: APR FC itsinzwe na GICUMBI ihita itakaza umwanya wa mbere ufatwa na Rayon Sports yatsinze Espoir

APR FC itsinzwe na Gicumbi FC 1-0, mu mukino w’ikirarane ihita itakaza umwanya wa mbere ufatwa (…)

"La Jeune Afrique siyo itangariza u Rwanda umutoza w’igihugu."FERWAFA

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda riratangaza ko Antoine Hey atari we mutoza (…)

Abasifuzi bazasifura umukino wa Rayon Sports na Onze Createurs bagiye ahagaragara

Abasifuzi batatu bakomoka mu igihugu cya Cape Verde nibo bazayobora umukino ubanza wa 1/16 (…)

"Twebwe nka Police FC tureba ibyacu, ibyabandi nta n’ubwo tuba dushaka kumenya." Seninga Innocent

Umutoza w’ikipe ya Police FC Seninga Innocent avuga ko we n’ikipe ye bareba ibyabo batajya (…)

"Ku rupapuro Rayon Sports niyo ikomeye ndetse inahabwa amahirwe ariko twe ibyo ntibitureba." Ndayizeye Jimmy

Ni umukino w’ikirarane cy’umunsi wa 17 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ikipe ya (…)

AMAVUBI:Umudage niwe uhawe ikipe y’igihugu Amavubi nk’umutoza mukuru

Umudage Antoine Hey niwe utsindiye gutoza ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru (…)