skol
fortebet

Imikino

Amanota 3 akomeje kuba inzozi kuri APR FC nyuma yo guhagamwa na Pepiniere

Umukino w’umunsi wa 21 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda wahuzaga APR FC na (…)

Wenger yamaze gufata umwanzuro ukiri ubwiru ku hazaza he muri Arsenal

Umufaransa utoza ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza Arsene Wenger yatangaje ko abafana ba Arsenal (…)

Arsenal yandagajwe abafana bayo basabira Wenger kwirukanwa

Umukino w’umunsi wa 29 wa shampiyona y’Abongereza ’’Premier League’’ usize ikipe ya Arsenal (…)

Yanga ya Haruna nyuma yo gusezererwa muri Champions League bashobora guhura na Rayon Sports muri Confederation Cup

Ikipe ya Yanga Africans ikinamo umunyarwanda Haruna Niyonzima isezerewe na Zanaco FC mu (…)

Cristiano Ronaldo na Messi bunze ubumwe batabariza abana bo muri Syria

Lionel Massi na Cristiano Ronaldo ni abakeba muri ruhago ariko kuri ubu bunze ubumwe bakora (…)

ZONE V: U Rwanda rubuze itike ya AfroBasket nyuma yo gutsindwa na Uganda

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ibuze itike yo kujya gukina imikino ya AfroBasket muri Congo (…)

Rayon sports ntabwo yashimishijwe no gutera mpaga Onze Créateurs

Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports Ndayishimiye Eric Bakame, atangaza ko nubwo ari byiza ko ikipe (…)

Breaking: Mali ihagaritswe mu marushwa yose na FIFA, Rayon Sports ikomeza idakinnye na Onze Créateurs

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi FIFA ihagaritse igihugu cya Mali mu amatushanwa (…)

Umutoza wa AS Onze Créateurs yatangaje kimwe mubyo bataje gukora i Kigali

Umutoza w’ikipe ya AS Onze Créateurs Demba Mamadou aratangaza ko ataje I Kigali kugarira ko (…)

Yannick Mukunzi yagize icyo avuga k’ubutinganyi bwatangiye gututumba mu Rwanda

Umukinnyi ukina hagati mu ikibuga mu ikipe ya APR FC n’Amavubi, Yannick Mukunzi yamaganiye kure (…)

CL: Amakipe 8 agomba gukina 1/4 yamenyekanye

Imikino 2 yasozaga 1/8 cy’irushanwa rihuza amamipe yabaye aya mbere ku mugabane w’u Burayi ’UEFA (…)

Umukino wa Rayon Sports na Onze Createurs utumye shampiyona iterwa ishoti

Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda mu mupira w’amaguru ‘Azam Rwanda Premier League,’ (…)

Zone V: U Rwanda rumaze gukatisha tike ya 1/2 nyuma yo gutsinda Sudani y’Epfo

Ikipe y’igihugu ya Basketball ikatishije itike ya 1/2 mu imikino y’akarere ka 5 iri kubera mu (…)

"Ku cyumweru murahishiwe, muzabona APR FC itandukanye niyo mumaze iminsi mubona." Michel Rusheshangoga

Kapiteni wungirije mu ikipe ya APR FC Rusheshangoga Michel avuga ko nabo nk’abakinnyi batari (…)

"Kone aracyafite ibyumweru 3 hanze, Abouba arashidikanywaho, Rwatubyaye ntiyemerewe gukina." Olivier Gakwaya

Tediane Kone wagize ikibazo cy’ukuboko ubwo Rayon Sports yakinaga umukino ubanza wa CAF (…)