skol

Imikino

Myugariro w’Amavubi yamaze kubona ubwenegihugu bw’u Bubiligi

Myugariro w’umunyarwanda ukinira ikipe ya AFC Tubise mu cyiciro cya kabiri mu Bubiligi, (…)

Nyuma ya karuhuko gato shampiyona y’umupira w’amaguru igiye kongera gutangira

Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda mu mupira w’amaguru ’Azam Rwanda Premier League ’ (…)

Masudi afashe icyemezo gikomeye asiga bamwe mu bakinnyi bakomeye muri 18 ahagurukana berekeza muri Sudani y’Epfo

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gushyira ahagaragara abakinnyi 18 ihagurukana nabo kuri uyu wa (…)

Volleyball: Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa FRVB n’umubitsi wayo barafunze (yavuguruwe)

Hatumimana Christian, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa FRVB Umunyamabanga Nshingwabikorwa (…)

Migi yibukije abakinnyi ba APR FC kudatobanga ibigwi n’agahigo ifite ko kudatsindwa

Umukinnyi mpuzamahanga w’umunyarwanda ukinira ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya, Mugiraneza Jean (…)

"Icyo nasiga mbabwiye ni uko bazaza kutwakira nitugaruka kuko tuzaza tubazaniye intsinzi." Ngabo Albert

Kapiteni w’ikipe ya APR FC Ngabo Albert, avuga ko urugendo bagiyemo muri Zambia gukina na Zanaco (…)

Abatoza 52 barimo Didier Gomes wahesheje igikombe Rayon sports basabye gutoza Amavubi

Abatoza 52 nibo basabye akazi ko gutoza ikipe y’igihugu Amavubi, muri aba batoza bose bane nibo (…)

Gutungurana mu bakinnyi 18 ba APR FC berekeza muri Zambia

Ikipe ya APR FC yamaze gushyira ahagaragara abakinnyi 18 ihagurukana nabo berekeza muri Zambia (…)

Rayon Sports yamaze gusesa amasezerano na myugariro wayo

Ishimwe Issa Zappy myugariro w’umunyarwanda wo ku ruhande rw’iburyo wakiniraga ikipe ya Rayon (…)

Greizman yatangaje nimero yifuza kwambara aramutse asinyiye Man U

Umufaransa ukinira ikipe ya Atletico Madrid byavuzwe cyane ko ashobora kwerekeza muri Manchester (…)

MU MAFOTO irebere ubwiza bw’Inzu yaguzwe na Paul Pogba

Nyuma y’amezi atandatu, umukinnyi Pogba ukinira Manchester United aba muri Hoteli yayivuyemo (…)

APR FC irerekeza muri Zambia mu rukerera rwo kuri uyu wa kane

Ikipe ya APR FC irahaguruka ku kibuga mpuzamahanga cya Kanombe mu rukerera rwo kuri uyu wa kane (…)

Icyo ubuyobozi bwa Rayon Sports buvuga kuri Rwatubyaye uvugwa ko ari mu nzira agaruka muri iyi kipe

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwateye utwatsi amakuru yavugaga ko Rwatubyaye Abdul yaba ari (…)

William Gallas wakiniye Chelsea na Arsenal yagarageje itandukaniro rya Wenger na Mourinho

William Gallas umufaransa wakinaga nka myugariro ubu akaba yarahagaritse gukina, yaciye mu (…)

Umwe mu bakinnyi ba Real Madrid arashaka kwerekeza muri Chelsea

Rutahizamu wa Real Madrid Alvaro Morata yamaze kubwira ubuyobozi bw’iyi kipe ko ashaka kwerekeza (…)