skol

Imikino

FIFA yemereye Abanyarwanda 20 gusifura ku rwego mpuzamahanga

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku rwego rw’isi (FIFA) ryemeje ko abasifuzi 20 bo mu Rwanda (…)

[Exclusive]: Onesme wa APR FC yagarutse mu Rwanda nyuma yo kubagirwa muri Maroc agahita ategekwa gutangira imyitozo

Rutahizamu w’ikipe ya APR FC, Twizerimana Onesme yamaze kuva mu gihugu cya Maroc aho yari (…)

Umutoza wa Chelsea yasubije Mourihno ku magambo asebya iyi kipe aherutse gutangaza

Umutoza w’ikipe ya Chelsea, Antonio Conte, yatangaje ko ibyo Mourihno aherutse gutangaza ko (…)

Amakipe 11 muri shampiyona agiye gukurwaho amanota

Amakipe 11 arimo APR FC, Police FC na Mukura agiye kwamburwa amanota yakuye ku ikipe ya (…)

Tubane James aravuga icyo yasaba Perezida Kagame

Myugariro w’ikipe ya AS Kigali, Tubane James avuga ko akunda imbwirwaruhame za Perezida Kagame (…)

Nyuma y’imikino 11 ya shampiyona Gicumbi FC igiye kwakira umukino wayo wa mbere

Ubuyobozi bw’kipe ya Gicumbi buratangaza ko ikibuga cyabo cyari cyarahagaritswe kwakira imikino (…)

Yabajijwe icyo yavuga ku mukino wari urangiye, n’uburakari Pep Guardiola asubiza igihe azasoreza gutoza

Umunya Espagne utoza ikipe ya Manchester City, Pep Guardiola, nyuma yo gutsinda Banley 2-1, (…)

Arsene Wenger yatoye igitego cya Olivier Giroud muri 5 byiza - Reba ibindi hano

Umutoza wa Arsenal, Arsene Wenger yavuze ko igitego cy’agatangaza cya Olivier Giroud yatsinze (…)

Ortomal Alex rutahizamu wa Sunrise yavuze icyamubabaje mu gihe cyose amaze mu Rwanda

Orotomal Alex, umukinnyi w’umunya Nigeria ukinira ikipe ya Sunrise FC, aratangaza ko mu Rwanda (…)

Igisobanuro cy’ izina ’CRISTIANO’

Izina "Cristiano", ni izina riri kuvugwa cyane muri ruhago y’isi muri iyi minsi, ni iry’umunya (…)

Bimwe mu bihe by’ingenzi utari uzi byaranze ’KAKA’ wabiciye bigacika muri ruhago

Richardo Izcson Dos Santos uzwi nka “KAKA,” ni umukinnyi mpuzamahanga w’umunya Brazil waciye mu (…)

Jose Mourinho yeruye ikihishe inyuma yo kudakinisha Memphis Depay

Jose Mourinho yamaze gutangaza impamvu atakinishaga semababa(winger) w’umuhaolandi uri muri iyi (…)

Perezida wa FERWAFA yikomye itangazamakuru mpuzamahanga, ashimagiza iryo mu Rwanda

Nzamwita Vincent De Gaulle, Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda yifatiye ku (…)

[Mu mafoto]: Uko byari byifashe muri bimwe mu byamamare muri ruhago birimo Cristiano na Messsi bishimira umwaka wa 2017

Abakinnyi ba ruhago kimwe n’abandi bantu ku isi bishimiraga ko umwaka urangiye bakaba batangiye (…)

Urutonde rw’abakinnyi 5 banyamwigendaho mu kibuga kurusha abandi

Ruhago ni ugufatanya ugakinana na bagenzi bawe, kuko nibwo mugira icyo mugeraho, gusa hari bamwe (…)