skol
fortebet

Imikino

Nyuma yo kubaha igikombe cya shampiyona Claudio Ranieri yirukanywe muri Leicester City

Umutaliyani w’imyaka 65 watozaga ikipe ya Leicester City, Claudio Ranieri yirukanywe ku umirimo (…)

David Donadei watoje Rayon Sports akayivamo nabi ahanganiye kuyobora ruhago y’Ubufaransa

David Donadei wahoze atoza Rayon Sport Ku rutonde rw’abantu bane baharanira kuyobora (…)

Cristiano yasabye umukunzi we kwitonda

Rodriguez Georgina umukobwa uri mu rukundo na Cristiano Ronaldo muri iyi minsi, nyuma y’uko (…)

Bidasubirwaho Rwatubyaye yabaye umukinnyi wa Rayon Sports

Rwatubyaye Abdul, myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze kubona license ya FERWAFA (…)

Perezida wa FIFA ntazareba umupira wa Police na Rayon Sports, dore gahunda ye uko iteye

Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi ‘FIFA’, Gianni Infatino aragera mu Rwanda (…)

"Njye kwiga Masters se? Ubu imyaka 15 maze mu mupira nsubire mu ishuli kuwiga?" Jimmy Mulisa

Umutoza w’ikipe ya APR FC Jimmy Mulisa ababajwe bikomeye namwe mu magambo y’abanyamukuru bavuga (…)

"Rwatubyaye Abdul ni umukinnyi wa APR FC yatije mu ikipe yo muri Slovakia."Camarade

Umunyamabanga w’ikipe ya APR FC Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade yamaze gutangaza ko umukinnyi (…)

Muhadjiri mu nzira zigaruka mu myitozo

Umukinnyi ukina mu kibuga hagati ariko asatira izamu mu ikipe ya APR FC, Hakizimana Muhadjiri (…)

"Yambwiye ko twategereza ko badusubiza,ibaruwa twabandikiye barayibonye." Gakwaya Olivier

Rwatubyae Abdul umukinnyi wavuye muri APR FC yerekeza muri Rayon Sports, ntarabona ibaruwa (…)

Imikino 4 igitego 1, ikibazo gikomeye mu busatirizi bw’ikipe nka APR FC ishaka igikombe, Jimmy Mulisa ati"ni ukuri"

Jimmy Mulisa umutoza w’ikipe ya APR FC avuga ko impamvu batari kwitwara neza muri iyi minsi (…)

APR FC ibuze amahirwe yo kuyobora shampiyona nyuma yo gusitara ku Amagaju FC

Ikipe ya APR FC nyuma yo gutsindwa na Zanaco FC ikanayisezerera muri CAF Champions League, (…)

Amagare: Areruya Joseph azamutse imyanya 140 ku isi, Team Rwanda iboneka mu makipe 5 ya mbere muri Afurika

Urutonde rw’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare ku isi ‘UCI’ rwagiye ahagaragara, rusize (…)

Ibigwi by’abatoza 3 bagomba gutoranywamo umwe uzatoza Amavubi, umwe amaze imyaka 7 nta kipe afite

Batangiye ari abatoza 52, nyuma y’igihe gito 44 barasezerewe hasigaramo 8 gusa, no muri abo 8 (…)

APR FC idafite Yannick irakina umukino ushobora kuyiraza ku mwanya wa mbere

Ikipe ya APR FC irakina umukino wayo w’ikirarane w’umunsi wa 16 n’Amagaju idafite umukinnyi wayo (…)

Abatoza 3 bagomba gutoranywamo umwe uzatoza Amavubi bamenyekanye

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ryamaze gushyira ahagaragara urutonde (…)