skol
fortebet

Imikino

Jimmy Mulisa yababajwe n’ ibintu bibiri mu mukino yatsinzwemo na Gicumbi

Umutoza wa APR FC, Jimmy Mulisa watsinzwe n’ ikipe ya Gicumbi FC, ejo ku wa Gatatu tariki ya (…)

Umutoza wa Espoir ngo yatunguwe n’ imikinire ya Rayon Sports

Umutoza w’ikipe ya Espoir FC, Jimmy Ndayizeye yabwiye itangazamakuru ko yatunguwe n’imikinire ya (…)

Umutoza Okoko yakomoje ku ibanga yakoresheje ngo atsinde APR FC

Umutoza wa Gicumbi FC Okoko Godefroid waraye atsinze ikipe ya APR yavuze ko yavuze ko iyo ukina (…)

[AMAFOTO]: APR FC itsinzwe na GICUMBI ihita itakaza umwanya wa mbere ufatwa na Rayon Sports yatsinze Espoir

APR FC itsinzwe na Gicumbi FC 1-0, mu mukino w’ikirarane ihita itakaza umwanya wa mbere ufatwa (…)

"La Jeune Afrique siyo itangariza u Rwanda umutoza w’igihugu."FERWAFA

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda riratangaza ko Antoine Hey atari we mutoza (…)

Abasifuzi bazasifura umukino wa Rayon Sports na Onze Createurs bagiye ahagaragara

Abasifuzi batatu bakomoka mu igihugu cya Cape Verde nibo bazayobora umukino ubanza wa 1/16 (…)

"Twebwe nka Police FC tureba ibyacu, ibyabandi nta n’ubwo tuba dushaka kumenya." Seninga Innocent

Umutoza w’ikipe ya Police FC Seninga Innocent avuga ko we n’ikipe ye bareba ibyabo batajya (…)

"Ku rupapuro Rayon Sports niyo ikomeye ndetse inahabwa amahirwe ariko twe ibyo ntibitureba." Ndayizeye Jimmy

Ni umukino w’ikirarane cy’umunsi wa 17 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ikipe ya (…)

AMAVUBI:Umudage niwe uhawe ikipe y’igihugu Amavubi nk’umutoza mukuru

Umudage Antoine Hey niwe utsindiye gutoza ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru (…)

Igihe igikombe cy’Amahoro kizatangirira, n’uko amakipe azahura byamenyekanye

Igikombe cy’Amahoro 2017, kizatangira tariki ya 7 Werurwe 2017. Tombala yabaye kuri uyu munsi (…)

Iminota 4 ibitego 2, Police itsinze Amagaju ihita ifata umwanya wa 3

Police FC itsinze Amagaju FC ibitego 2-0 byatsinzwe na Mico Justin, hari mu mukino w’ikirarane (…)

IBIRARANE: Police irakira Amagaju, umukino wa APR FC na Gicumbi wongera gusubikwa

Byari byitezwe ko uyu munsi kuwa tariki ya 28 Gashyantare 2017 hari bube hakinwa imikino 2 (…)

Rayon Sports ntiyaba yarihanitse cyane igura Tediane Kone?

Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kugura umunya Mali Tediane Kone, akanga kubakinira bitewe n’uko (…)

APR FC idafite zimwe mu inkingi za mwamba igiye gukina na Gicumbi FC

Ikipe ya APR FC irakina umukino w’ikirarane cy’umunsi wa 17 wa shampiona idafite myugariro wayo (…)

Ubuyobozi bwa Mukura ntiburamenya ibyo Minnaert yatangaje ngo bishoboke kuba baramuvugiye ibyo atavuze

Ubuyobozi bw’ikipe ya Mukura Victory Sports buratangaza ko butazi ko umutoza w’iyi kipe yaba (…)