skol

Imikino

"Ikipe ikina imikino igatsinda, si mbona akamaro k’umukinnyi ku giti cye kurusha ikipe." Mourinho abwira FIFA

Umunya Portugal utoza ikipe ya Manchester United, José Mário dos Santos Mourinho Félix Mourinho (…)

Pogba ntabona Messi na Ronaldo nk’abakwiye Ballon d’Or ya FIFA

Umufaransa ukinira ikipe ya Manchester United, Paul Pogba atangaza ko abona uyu mwaka Zlatan (…)

Shampiyona irakomeza APR FC na AS Kigali besurana, POLICE FC yakira Sunrise FC

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 7 Mutarama 2017, shampiyona iraba ikomeza hakinwa imikino (…)

[Official]: Abuba yamaze gutandukana na Gor Mahia, Makenzi yongererwa amasezerano

Myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda wakiniraga ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya, Abuba (…)

Espoir itsinze Kiyovu ica kuri Police inganya na AS Kigali ya gatatu

Ikipe ya Espoir nyuma yo gutsikira igatsindwa na APR FC, yabyukiye kuri Kiyovu iyitsinda 2-1, (…)

Gor Mahia isezereye abakinnyi 10, ese Makenzi na Abuba bifuzwa na Rayon Sports barimo?

Ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya ikinamo abanyarwanda 4, Jacques Tuyisenge, Abuba ,Kagere Meddy (…)

CAF: Riyad Mahrez yegukanye igihembo cy’umukinnyi w’Afurika mwiza, umugande nawe ahabwa ikindi

Umunya Algeria ukinira ikipe ya Leicester City, Riyad Mahrez, niwe wegukanye igihembo (…)

Rayon Sports nyuma yo kumvikana na Caen, Djabel arerekeza mu Bufaransa mu minsi mike

Manishimwe Djabel, umukinnyi ukina hagati mu kibuga hagati asatira izamu mu ikipe ya Raypon (…)

Shampiyona nyuma y’ikiruhuko gito irakomeza Urucaca rwakira Espoir

Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda (Azam Rwanda Premier League) iraba ikomeza kuri uyu wa (…)

Rwatubyaye waburiwe irengero, Abuba na Makenzi ba Gor Mahia ku rutonde Rayon Sports yatanze muri CAF -IMPAMVU YABYO

Umunyarwanda Abuba Sibomana n’umurundi Kalim Nizigiyimana Makenzi ba Gor Mahia, ndetse na (…)

FERWAFA yahojeje amarira abakunzi b’ ikipe ya Pepiniere

Ishyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru mu Rwanda FERWAFA rwakomoreye ikipe ya Pepiniere riyemerera (…)

Nyuma yo guhagarika umutoza wa AS Kigali y’abogore, iya bagabo nayo yahagaritse umukinnyi

Kuri uyu wa kane tariki ya 5 Mutarama 2016, Tuyesenge Pekeyake uzwi nka Pekinho, wakiniraga (…)

Ubutinganyi bwaba buri mu byatumye umutoza Grace Nyinawumuntu ahagarikwa

Nyinawumuntu Grace, umutoza w’ikipe y’igihugu y’abagore, akaba yari n’umutoza w’ikipe ya AS (…)

Impamvu ebyiri, Jimmy Mulisa ashingiraho avuga ko APR FC na AS Kigali hazaca uwambaye

Umutoza w’ikipe ya APR FC, Jimmy Mulisa atangaza ko umukino bafitanye na AS Kigali mu mpera (…)

Sugira Ernest mu bakinnyi 26 ikipe AS Vita Club izifashisha mu mikino nyafurika

Rutihazamu w’umunyarwanda ukinira ikipe ya AS Vita Club, Sugira Ernest yagaragaye ku rutonde (…)