skol

Imikino

Rwatubyaye Abdoul mu myitozo ya mbere muri Rayon Sports nyuma yo kuva muri Turikiya[AMAFOTO]

Rwatubyaye Abdoul nyuma yo gusesekara I Kigali avuye muri Turikiya gukora yo igeragezwa (…)

Rutahizamu w’umunya Mali na Rwatubyaye Abdoul bageze muri Rayon Sports

Tidiane Kone rutahizamu w’umunya Mali yamaze gusesekara I Kigali kuri uyu wa mbere aje muri (…)

Fabio Lopez umwe muri 52 bahatanira gutoza Amavubi afite ibihe bigwi muri ruhago?

Umutoza mpuzamahanga w’umutaliyani, akaba n’umwe muri 52 bahatanira gutoza ikipe y’igihugu y’u (…)

Rayon Sports yageze i Kanombe mu ijoro ryo ku cyumweru, nta kujenjeka irakomereza mu myitozo

Nyuma yo gusesekara mu Rwanda mu ijoro ryo kuri iki cyumweru ivuye muri Sudani y’Epfo gukina (…)

Sunrise nyuma yo guhemba abakinnyi yaba igiye kwirukana umutoza ikinjiza Kanyankore

Ikipe ya Sunrise FC nyuma yo guhemba abakinnyi ibirarane by’amezi 5 bari babarimo, ubu noneho (…)

Bayingana yongeye kugirirwa icyizere mu buyobozi bw’umukino w’amagare muri Afurika

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku magare, Aimable Bayingana, yongeye gutorerwa (…)

APR FC yasesekaye ku ikibuga cy’indege isanga abakunzi bayo bayiteguye

Ikipe ya APR FC nyuma yo kunganya n’ikipe ya Zanaco FC mu mukino ubanza wa CAF Champions League, (…)

Rwatubyaye mu nzira zigaruka muri Rayon Sports

Nyuma yo kuva mu ikipe ya Rayon Sports atayikiniye umukino n’umwe kandi ayifitiye amasezerano (…)

CAF CC: Rayon Sports inyagiye Wau Salaam ibitego 4 - 0

Rayon Sports inyagiye ikipe ya Wau Salaam yo muri Sudani y’Epfo ibitego 4-0 mu mukino ubanza wa (…)

CAF CL: APR FC iguye miswi na Zanaco FC

Umukino ubanza wa CAF Champions League wahuzaga Zanaco FC na APR FC urangiye amakipe yombi (…)

CAF CL: APR FC iracakirana na Zanaco FC, 11 ba APR FC babanzamo

Ku isaha ya saa 15:30’ hano i Kigali mu Rwanda ndetse na Lusaka muri Zambia, kuri uyu wa (…)

CAF CC: Rayon Sports vs Wau Salaam FC, 11 babanzamo ku ruhande rwa Rayon Sports Shassir na Djabel ntibarimo

Nyuma y’urugendo rwa masaha atatu mu indege bahagurutse mu Rwanda kuri uyu wa gatanu tariki ya (…)

"Ku munsi wa nyuma hari imwe izagitwara, turimo kurwana ngo tuzageze kuri uwo munsi turi aba mbere." Eric Nshimiyimana

Nyuma yo gutsinda Sunrise mu mukino w’umunsi wa 16 umutoza wa AS Kigali yizeye guhatanira (…)

Ikibuga ntago ari cyiza ariko twese tuzagikiniraho, ibyo si ibisobanuro nidutsindwa - Jimmy Mulisa

Jimmy Mulisa umutoza w’ikipe ya APR FC Azi neza ko ikibuga bazakiniraho n’ikipe ya Zanaco FC mu (…)

AS Kigali itsinze Sunrise ihita ifata umwanya wa gatatu[AMAFOTO]

AS Kigali itangiye igice cya kabiri ya shampiyona ibona amanota 3 nyuma yo gutsinda Sunrise mu (…)