skol

Imikino

Shampiyona irakomeza, Police FC na Rayon Sports mu mukino w’ikirarane perezida wa FIFA araba yihera ijisho

Shampiyona y’ikiciro cya mbere irakomeza hakinwa imikino y’umunsi wa 18 wa shampiyona ndetse (…)

Impinduka nto kuri gahunda y’uruzinduko rwa perezida wa FIFA Gianni Infantino mu Rwanda

Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi ’FIFA’, Gianni Infantino uri bugere mu (…)

Amagaju FC yahagaritse kugura imodoka yo gutwara abakinnyi kubera imisoro

Ubuyobozi bw’ikipe y’Amagaju buravuga ko umwenda bubereyemo ikigo cy’igihugu cy’imisoro (…)

APR FC itsinze Mukura ihita ifata umwanya wa mbere

Nyuma y’imikino 4 ikipe ya APR FC itabona amanota 3, izukiye kuri Mukura VS iyitsinda ibitego (…)

Kwizera Olivier yishimiye kongera gukaruka gukinira mu mujyi wa Kigali

Umuzamu w’ikipe ya Bugesera FC Kwizera Olivier yishimiye kongera kugaruka gukinira mu mujyi wa (…)

Amwe mu amagambo Rooney yatangaje nyuma yo kuvugwa ko agiye kwerekeza mu Bushinwa

Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza na Manchester United, Wayne Rooney nyuma yo kuvugwa (…)

Nyuma yo kubaha igikombe cya shampiyona Claudio Ranieri yirukanywe muri Leicester City

Umutaliyani w’imyaka 65 watozaga ikipe ya Leicester City, Claudio Ranieri yirukanywe ku umirimo (…)

David Donadei watoje Rayon Sports akayivamo nabi ahanganiye kuyobora ruhago y’Ubufaransa

David Donadei wahoze atoza Rayon Sport Ku rutonde rw’abantu bane baharanira kuyobora (…)

Cristiano yasabye umukunzi we kwitonda

Rodriguez Georgina umukobwa uri mu rukundo na Cristiano Ronaldo muri iyi minsi, nyuma y’uko (…)

Bidasubirwaho Rwatubyaye yabaye umukinnyi wa Rayon Sports

Rwatubyaye Abdul, myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze kubona license ya FERWAFA (…)

Perezida wa FIFA ntazareba umupira wa Police na Rayon Sports, dore gahunda ye uko iteye

Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi ‘FIFA’, Gianni Infatino aragera mu Rwanda (…)

"Njye kwiga Masters se? Ubu imyaka 15 maze mu mupira nsubire mu ishuli kuwiga?" Jimmy Mulisa

Umutoza w’ikipe ya APR FC Jimmy Mulisa ababajwe bikomeye namwe mu magambo y’abanyamukuru bavuga (…)

"Rwatubyaye Abdul ni umukinnyi wa APR FC yatije mu ikipe yo muri Slovakia."Camarade

Umunyamabanga w’ikipe ya APR FC Kalisa Adolphe uzwi nka Camarade yamaze gutangaza ko umukinnyi (…)

Muhadjiri mu nzira zigaruka mu myitozo

Umukinnyi ukina mu kibuga hagati ariko asatira izamu mu ikipe ya APR FC, Hakizimana Muhadjiri (…)

"Yambwiye ko twategereza ko badusubiza,ibaruwa twabandikiye barayibonye." Gakwaya Olivier

Rwatubyae Abdul umukinnyi wavuye muri APR FC yerekeza muri Rayon Sports, ntarabona ibaruwa (…)