skol

Imikino

Rayon Sports y’Abagore yitegura CECAFA yaguze Umunya-Tanzania

Rayon Sports y’Abagore yaguze Umunya-Tanzania, Mpanja Housna Ayoub wakiniraga Geita Queens y’iwabo.

Maroc na Madagascar byageze ku mukino wa nyuma wa CHAN 2024

Maroc yatsinze Sénégal penaliti 5-3 nyuma yo kunganya igitego 1-1 mu minota 120, isanga (…)

Abayobora Basketball Nyafurika banyuzwe n’umusaruro w’umwiherero wa ‘Basketball Without Borders’ i Kigali

Abarimo Umuyobozi Mukuru wa NBA Africa, Clare Akamanzi na Perezida w’Irushanwa rya Basketball (…)

Ntiyambarira hamwe na bagenzi be: Uko Arsenal iri kwita ku mpano ya Max Dowman

Umwongereza Max Robert Dowman w’imyaka 15 ukinira Arsenal, ni umwe mu bakinnyi bo guhanga amaso (…)

Zabyaye amahari hagati ya Nigeria n’umutoza wayo mbere yo guhura n’Amavubi

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Nigeria, Eric Chelle, yatangaje ko afite amakuru ko Ishyirahamwe (…)

Abakinnyi 24 bazahagararira Australia muri Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali

Ishyirahamwe ry’Imikino y’Amagare muri Australia ryashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 24 (…)

Premier League: Bigoranye Liverpool yikuye imbere ya Newcastle United y’abakinnyi 10

Ikipe ya Liverpool yikuye imbere ya Newcastle United y’abakinnyi 10 bigoranye mu mukino wo ku (…)

Bwa mbere mu Rwanda hagiye kubera imikino njyarugamba ikomeye

Ku nshuro ya mbere mu Rwanda hagiye kubera imikino njyarugamba yo ku rwego rwa Afurika. Ni (…)

Rayon Sports yaguze bus nshya

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yaguze imodoka nshya yatwaye ibihumbi 135$ [asaga miliyoni (…)

Amasura mashya mu Mavubi yahamagariwe guhangana na Nigeria na Zimbabwe

Umutoza w’w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Adel Amrouche, yahamagaye abakinnyi 27 bazavamo abo (…)

APR FC isobanya mu mashyi no mu mudiho: Ibyo twabonye mu irushanwa ’Inkera y’Abahizi’

Imikino y’irushanwa ry’Inkera y’Abahizi ryashyizweho akadomo ku wa 24 Kanama 2025, risiga (…)

Butera Knowless n’umugabo we binjiye muri AZAM FC

Nyuma yo gutsinda APR FC ibitego 2-0 mu mukino wasozaga irushanwa ‘Inkera y’abahizi’ ryateguwe (…)

Papa Cyangwe yahuje abarimo Bull Dogg na Ariel Wayz kuri Album ya kabiri

Umuraperi Abijuru King Lewis, uzwi nka Papa Cyangwe, yatangaje ko ari mu myiteguro yo gushyira (…)

Muhire Kevin mu bakinnyi bahamagawe mu Amavubi yitegura Nigeria na Zimbabwe

Muhire Kevin ukinira ikipe ya Jamus FC yo muri Sudani y’Epfo ari mu bakinnyi bahamagawe mu ikipe (…)

Bwa mbere mu Rwanda hakoreshejwe itegeko rihana abanyezamu batinza umukino

Mu mukino wa nyuma w’Inkera y’Abahizi wahuje APR FC na Azam FC, hakorshejwemo itegeko rishya (…)