skol

Imikino

Lionel Messi yaciye amarenga yo gusezera mu Ikipe y’Igihugu

Lionel Messi yaciye amarenga yo gusezera mu Ikipe y’Igihugu ya Argentine, ubwo yari asoje (…)

Bacary Sagna wakiniye Arsenal ari mu Rwanda

Bacary Sagna ukomoka mu Bufaransa akaba yarakiniye amakipe arimo Arsenal ari mu Rwanda aho (…)

Israel-Premier Tech yateye utwatsi abayisaba kuva mu isiganwa rya La Vuelta

Ubuyobozi bw’ikipe yo gusiganwa ku magare ya Israel-Premier Tech bwavuze ko ikipe itava mu (…)

Polisi yateguje ifungwa ry’umuhanda kuri 40-Onatracom

Polisi y’u Rwanda yamenyesheje ko kuri uyu wa Kane tariki 04 Nzeri 2025, kuva saa tatu kugeza (…)

APR FC yatangiye CECAFA Kagame Cup itsinda Bumamuru FC yo mu Burundi

APR FC ihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2025, yatangiye neza itsinda (…)

Abazahagararira u Rwanda muri Shampiyona y’Isi y’Amagare bahinduye aho bakoreraga umwiherero

Abakinnyi bazahagararira u Rwanda muri Shampiyona y’Isi y’Amagare izabera i Kigali tariki 21-28 (…)

Harimo uwishyizeho ‘Tattoo’ ye! Portugal yahaye icyubahiro Diogo Jota n’umuvandimwe bitabye Imana

Ikipe y’igihugu ya Portugal yahaye icyubahiro uwari umukinnyi wayo, Diogo Jota n’umuvandimwe we (…)

Perezida wa FIFA yashimiye Shema Fabrice watorewe kuyobora FERWAFA

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, yashimiye Shema (…)

Manchester City yasinyishije Donnarumma

Bidasubirwaho, Ikipe ya Manchester City yasinyishije umunyezamu Gianluigi Donnarumma uheruka (…)

Myugariro w’Amavubi Dylan Maes yabonye ikipe nshya muri Luxembourg

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Dylan George Francis Maes, yatangajwe (…)

Javier Pastore wakiniye Paris Saint-Germain ari mu bazita izina abana b’ingagi

Javier Matías Pastore wakiniye Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, ari mu byamamare bizitabira (…)

Imbamutima za rutahizamu Ndikumana waririmbwe n’Aba-Rayons

Rutahizamu mushya wa Rayon Sports, Ndikumana Asman, yishimiye cyane uko yakiriwe n’abafana ba (…)

Biriya bitego ni ibigurano- KNC ku ntsinzi ya Rayon Sports kuri Vipers SC

Perezida wa Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles (KNC), yabwiye abafana ba Rayon Sports ko (…)

Primož Roglič mu bazakina Shampiyona y’Isi y’Amagare i Kigali

Umunya-Slovenia, Primož Roglič ukinira Red Bull–Bora–Hansgrohe ni umwe mu bakinnyi beza bazaba (…)

Amakipe ya Premier League yaciye agahigo ko gukoresha asaga miliyari 3£ agura abakinnyi mu mpeshyi

Amakipe yo muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bwongereza (Premier League), yaciye agahigo (…)