skol

Imikino

Général Patrick Nyamvumba yasabye Rayon Sports intsinzi imbere ya Singida

Général Patrick Nyamvumba yasuye Rayon Sports iri kubarizwa muri Tanzania aho yagiye gukina na (…)

Sergio Busquets agiye guhagarika gukina umupira w’amaguru

Umunya-Espagne, Sergio Busquets, yatangaje ko agiye guhagarika gukina umupira w’amaguru (…)

78% by’Abagore bakina ruhago bakorerwa ihohoterwa

Ubushakashatsi bwakozwe n’Umuryango w’Abagore bakina umupira w’amaguru (WIF) bwerekana ko 78 ku (…)

Ikipe y’Igihugu y’Abangavu batarengeje imyaka 20 yerekeje muri Nigeria

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abangavu batarengeje imyaka 20 yerekeje muri Nigeria gukina umukino (…)

Mwambari Serge usanzwe yongerera imbaraga abakinnyi b’Amavubi yahawe izi nshingano muri Rayon Sports

Mwambari Serge usanzwe ari umutoza wongerera imbaraga abakinnyi mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda, (…)

Ousmane Dembélé yegukanye Ballon d’Or ya 2025

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa na Paris Saint-Germain, Ousmane Dembélé, yegukanye (…)

U Rwanda na Hongrie byinjiye mu bufatanye mu bya Siporo

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Hongrie byasinye amasezerano y’ubufatanye mu bya siporo yashyiriweho (…)

Muri Arsenal impundu zishobora kuvuga! Ni nde mugore uhabwa amahirwe yo kwegukana Ballon d’Or?

Nyuma yo kwegukana Champions League yayo ya kabiri mu mateka, Arsenal WFC ishobora guhirwa (…)

Amagare: Bäckstedt yegukanye ITT mu bakobwa batarengeje imyaka 23

Umwongerezakazi Zoe Bäckstedt, yegukanye Shampiyona y’Isi yo gusiganwa ku magare mu cyiciro cyo (…)

Muhoza Trivia Elle wambitswe ikamba rya Miss Uganda yateje impaka yitwa Umunyarwandakazi

Ku mbuga nkoranyambaga muri Uganda ndetse no mu matsinda y’abakurikiranira hafi imyidagaduro, (…)

Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru

Mu bihugu bitandukanye imikino ya Shampiyona yarakomeje mu mpera z’icyumweru gishize, bamwe mu (…)

Premier League: Arsenal yaguye miswi na Manchester City bishyira mu nyungu Liverpool

Ikipe ya Arsenal yanganyije na Manchester City igitego 1-1 mu mukino wo ku munsi wa 5 wa (…)

Rayon Sports WFC yijejwe gukemurirwa ibibazo by’amikoro

Abakinnyi ba Rayon Sports WFC iherutse gutsindirwa ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya CECAFA, (…)

U Rwanda rwiteguye gute kubyaza umusaruro amahirwe yo kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare?

Icyambere ni ukumenya ko u Rwanda ruzwiho kwakira neza abashyitsi. Ibi nibyo igihugu cyiyemeje (…)

Bigoranye, Liverpool yatsinze Atletico Madrid muri UEFA Champions League

Imikino y’Umunsi wa mbere wa UEFA Champions League wakinwe mu Ijoro wo ku wa Gatatu tariki 17 (…)